Abaturage bomubwoko bwab’Apfulero bari barahunze bakomeje gutahuka bakaja ahitwa mu Gitembe ahari abasirikare bayobowe na Fureko.
Iyinkuru mwayiteguriwe na Bruce Bahanda, kw’itariki 02.06.2023, saa 5:35Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nkuko ayamakuru twayahawe nuko Fureko nabasirikare be bari ahitwa mu Gitembe ho mu Kigunda mubicye biherereye Indondo ya Rurambo aha akaba ari muri Teritware ya Uvira muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Aha muraka gace ka Gitembe cangwa mu Kigunda nagace kari mubirometre bike na Gahororo, bikavugwa ko Fureko akomeje gutuza abaturage bo mubwoko bwa b’Apfurero bari barahunze igihe Rurambo yasenyukaga.
Gusa izingabo za Fureko zikaba zasabye abaturage b’Irwanaho kuva mubice bya Rurambo nimugihe barimo kubabwira ko Rurambo aragace kabo.
Muriki cyumweru dushoje haramakuru yakomeje guhwihwisa ko Nyamusaraba usanzwe ariwe muyobozi mukuru w’izingabo Fureko ayoboye ko yoba yarazamutse mubicye by’Imisozi ya Rurambo ava mugihugu cy’u Burundi ariko amakuru yizewe twahawe numuntu wizewe utashatse kwivuga izina yavuze ko Nyamusaraba aherereye mugihugu c’u Burundi.
Yakomeje avuga ko uyu Fureko arikumwe na Mai Mai zavuye mubicye bya Moyen Plateau, zikaba zarahoze zikorana nuwitwa Mai Mai Kijangara, uheruka gufungirwa Uvira afungwa n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC).
Kinjangara wahoraga yiyita General niwe Mai Mai wahoze akorana byahafi n’ingabo za Fureko akaba arinawe waruheruka kumanura ingabo ze kwiyunga n’ingabo za Fardc murwego rwokugira ngwaje kurwanya umutwe wa M23 urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, akigera uvira mukwezi Kwa 4/2023, yakiriwe n’Ingabo za leta ariko nyuma izingabo zaje kumufunga aho bivugwa ko ingabo ze zari zitangiye guteza akaduruvayo ko kunyaga ibya Baturage mubice bya Uvira.
Harandi makuru yavugaga ko izingabo za Fureko zobo ziheruka kwakira ingabo za Barundi(FDNB), ariko mumakuru yizewe Minembwe Capital News imaze guhabwa nuko Abarundi bazamutse atari abasirikare nkuko byavugwaga ahubwo ko arinsoresore zab’Arundi zoba zarasabwe nabashigikiye Fureko kuja gukorara na Fureko abazamutse bakaba barihagati yabantu 17 na 10.
Andi makuru avuga ko Uwitwa Koboyi na Karemera baheruka kuva mubicye bya Minembwe bari ahitwa mu Kamombo , kuba kwabo muri Kamombo bikaba byateye abaturage bo Muchohagati chaza Rwerera, kudataha muribi bice nimugihe muri Mikenke haheruka ga kubera Ibiganiro byahuje amoko yose (Abanyamulenge, Ababembe, Abapfurero ndetse na Banyindu), ubwo bateranaga kw’itariki 28.04.2023, bari bemezanije gutahuka bagahunguka bakubaka Igihugu cyabo nkuko bari batuye mbere y’intambara .
Nonese ko mbona fureko arintakosa narimwe yakoze ikibazo Niki? Kuko kwihuza na Mai nibindi col makanika nawe afite abandi ba Mai so please ntimukaza muharabika abantu cz ntimuzi aho ubutabazi buzava
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Nonese ko mbona fureko arintakosa narimwe yakoze ikibazo Niki? Kuko kwihuza na Mai nibindi col makanika nawe afite abandi ba Mai so please ntimukaza muharabika abantu cz ntimuzi aho ubutabazi buzava