Ibiro bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika birasaba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba muri icyo gihugu.
Mu ntangiriro z’iki Cyumweru niho Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, basohoye itangazo rimenyesha ko perezida Félix Tshisekedi, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, ni nyuma y’uko CENI tariki ya 31/12/2023, yari yatangaje amajwi y’agateganyo ivuga ko Tshisekedi yegukanye intsinzi ku mwajwi 73, 47%.
Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje gusaba ko amatora yasubirwamo bundi bushya, aho barimo bagaragaza ko batizera ibya vuye mu matora, aba bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Moïse Katumbi n’abandi, bashinja Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora kuba barakoresheje uburiganya no gukorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bi baviramo guha intsinzi perezida Félix Tshisekedi, atigeze ahabwa n’abaturage ba RDC.
Ni kenshi Moïse Katumbi na bagenzi be barimo Martin Fayulu ndetse na Dr Denis Mukwege, bakomeje gutangaza ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ahagarikwa kuri uwo mwanya ndetse agatabwa muriyombi.
Aha rero niho ibiro by’u mukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashize itangazo hanze risaba ubutegetsi bwa Kinshasa kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba, kuya 20/12/2023 muri RDC.
Amerika yagize ati: “Leta ya Amerika irihanangiriza abategetsi ba Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse no kurebera hamwe icyaba kiri guhungabanya umutekano wa baturage ku byerekeye Amatora aheruka kuba muri icyo gihugu.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
https://continent-telecom.com/virtual-number-uae
https://european-sailing.com/yacht-charter-lanzarote
Excuse for that I interfere … At me a similar situation. Write here or in PM.
The authoritative answer, funny…
You are absolutely right. In it something is also to me it seems it is good thought. I agree with you.
The matchless phrase, is pleasant to me 🙂