Maï Maï yo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, irashinjwa ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’ibindi biribwa ku bizamura muri bi Bogobogo, ahatuwe n’abaturage benshi ba ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.
Byavuzwe ko uku ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’Amafu ndetse n’ibindi biribwa ko Maï Maï yatangiye guha bariya benewabo amabwiriza yo kutabizamura ahatuwe n’Abanyamulenge ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10). Gusa ayo ma bwiriza ngo yarushijeho gukara mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) uy’u mwaka w’2023.
Mu byumweru bibiri bishize, hariya muri bi Bogobogo, homuri teritware ya Fizi, havuzwe kandi Maï Maï yaje iva i Nakiheri muri Grupema ya Mutambara, iza ishaka kwica no kunyaga Inka z’Abaturage ba Banyamulenge. Ubwo byari mo bivugwa bahamije ko baje ba ka mbika ku misozi ya Magunga na Mugorore no kutundi dusozi turi mu nkengero ya bi Bogobogo, ibi byatumye abaturage bo mw’itsinda rya Twirwaneho bikusanya maze bazibira ziriya Maï Maï nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bahamirije Minembwe Capital News ko Maï Maï yahise yongera kubura bigakekwa ko basubiye mubice byo muri Gurupema ya Mutambara.
Gusa muri bi Bogobogo hasanzwe hari kindi kibazo cy’u bujura aho imirima y’abaturage yibwa n’Abantu baza bitwaje imbunda bigakekwa ko yoba ar’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, z’ibarizwa muri ibyo bice. Umwe mu baturage ya bwiye MCN ko iki kibazo bagituye ziriya nzego zishinzwe u mutekano kuva mu kwezi kwa Cumi numwe (11) ariko kugeza ubu kiriya kibazo cyo kw’iba imirima gikomeje gufata indi ntera.
Bi Bogobogo, nagace ko muri teritware ya Fizi, gatuwemo n’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge) benshi, Abapfulero bake na ba Bembe ndetse na Banyindu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.