Mai Mai, zamishijweho urufaya rw’amasasu, ubwo bagerageza guhungabanya umutekano wa Minisitiri w’ibikorwa remezo muri Republika ya Demokarasi ya Congo, Alexis Muvunyi Gisaro.
Nikuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023, ubwo abaturage bo muri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bakiraga uyu munyacubahiro Alexis Gisaro, aho yaraje murwego rwogutegura kampanye yo kw’iyamamariza k’umwanya w’ubudepite k’urwego rw’i Ntara. Ni mu matora ateganyijwe kuba uyu mwaka wa 2023, m’ukwezi kwa Cumi nabari (12).
Gusa ubwo yateguraga uru r’uzinduko abo mu mutwe wa Mai Mai, bayobowe n’uwiyita Col Kamama, bagerageje gutegura uruby’iruko rw’Abapfulero harimo n’uwiyita Naruvumbu Kibambara, kugira bazahungabanye umutekano wa Minisitiri Alexis Muvunyi Gisaro. Kubwabo bategura ko atagomba gukandagira k’ubutaka bwa Uvira aho bavugako uyu ari Umunyarwanda ngo ntagomba kw’iyamamariza k’ubutaka bitako atari ubw’Anyamulenge, nk’uko byakomeje bivugwa n’urwo rubyiruko rwabo m’ubwoko bw’Abapfulero.
Ay’amakuru akomeza avugako ko abaturage ba Uvira bakiriye Alexis Muvunyi Gisaro, bakaba bamwakiririye muri Quartier ya Kavimvira homuri Uvira. Ubwo bari muriki kirori cyokwakira uyu munyacubahiro waje ava i Kinshasa, n’ibwo ziriya nsoresore zabo mubwoko bw’Abapfulero zaje ziyamirira na Mai Mai, yari inyuma yabo mubice bya Quartier Kasenga homuri Komine Mulongwe, Ville ya Uvira. Aharero niho abashinzwe Umutekano (FARDC na Polisi), bakoze iyobwakaba bamishamo ziriya Nyeshamba za Mai Mai Amasasu birangira bayabangiye ingata.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.