Haravugwa uruja n’uruza rw’abaturage bo m’ubwoko bwa Bapfulero, Ababembe na Banyindu, bakomeje guhunga intambara z’abana babo mubice bya Kashongo na Mulinga no munkengero zaho aho ni muri Groupement y’Abashimukuma yo mu Majy’Aruguru, muri Secteur ya Tanganyika mu Misozi iherereye hagati y’umusozi muremure n’Umuhanda ufite nimero 5, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.
Minembwe Capital News, yabwiwe ko aha hari imitwe ibiri y’inyeshamba ahanini igwiriyemo abahoze muri Mai Mai bakaza kw’iyita Wazalendo, abarero nibo baje gusubiranamo.
Ay’amakuru kandi yemejwe na Sosiyete sivile yomuri Secteur ya Tanganyika, aho bemeje ko iyo mirwano yahuje Mai Mai iyobowe na Colonel Mutetezi ndetse n’indi Mai Mai iyobowe na Colonel Muhasha.
Ukuriye iyi Sosiyete sivile muri secteur ya Tanganyika yemereye itangaza Makuru ko kandi abaturage bahunze ngo n’ubwo abarimo barwana arabana babo. Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile yakomeje asaba inzego za leta ya Kinshasa kuba hafi y’abaturage baturiye teritware ya Fizi.
Umuturage mubahunze Sammy Amino, yavuze ko abaturage benshi bamaze guhungira mu mihana ya Kabondozi ,Mbokana na Sanza, hafi n’umujyi wa Baraka.
Naho Colonel Mtetezi, uyoboye Mai Mai y’uruhande rwa Banyindu barashinja aba bo bomuri Mai Mai y’Abapfurero bayobowe na Colonel Muhasha, kuba aribo banyiribayazana w’iyi Ntambara.
Ariko kandi hari n’andi makuru avuga ko iri subiranamo rya Wazalendo bomuri Kivu yamajy’Epfo, byatewe n’uyu Colonel Muhasha ko yoba ariwe wakomeje gukurura amazimwe maze birangira basubiranyemo kandi bose bari bagamije kurimbura icitwa Umunyamulenge cangwa Umututsi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.