Ihuriro rya Wazalendo, CMC,Nyatura n’a Fdlr, bigambye ko bambuye umutwe wa M23 agace ka Kausa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 06/07/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mumirwano yabaye kumunsi w’ejo hashize kuwa Gatatu. Nimirwano yari yahuje umutwe wa M23, n’ihuriro rya Wazalendo, CMC, Nyatura na Fdlr, imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’Ingabo za Republika ya democrati ya Congo (Fardc). Iri huriro ryigambye kuba barambuye inyeshamba za M23 agace ka Kausa ko muri teritware ya Masisi, muntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Guhera tariki 1/07, Imirwano yarubuye mugihe hari haciye igihe aka karere ku Burasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo karimo agahenge. Mumakuru dufite kuri Minembwe Capital News, nuko Wazalendo bashigikiwe n’a Leta ya Perezida Félix Tshisekedi bari mubatangije Iyi mirwano aho banigambye kuba aribo bagenzura agace ka Kausa kuva mumirwano yabaye kumunsi w’ejo. Ibi kuriri huriro bibaye ukuri ngobyaba ari gitangaza kuribo kuko bidasanzwe iri huriro kuba ryakwambura umutwe wa M23 agace ka Kausa karimo Abarwanyi ba M23.
Gusa umutwe wa M23 ntaco uratangaza kubyo Wazalendo bakomeje gutangaza ariko amakuru dukesha bamwe mubarwanyi ba M23 nuko mumirwano yabaye kumunsi w’ejo wo kuwa Gatatu M23 yabashe kwambura ibice bigera kuri bitanu ibyambura Ihuriro ry’imitwe ikorana byahafi n’Ingabo za Republika ya democrasi ya Congo :
Ibyo bice M23 yabashe kubambura akaba ari Rusinga, Nyakariba, Nyamitaba n’a Kanzenze utu duce twose turi muri teritware ya Masisi.
Ikindi nuko iri huriro ry’imitwe ikorana byahafi n’Ingabo za Republika ya democrasi ya Congo, ngozaba zikomeje gusubira inyuma zigana mubice biherera za Sake nubwo bigamba gufata agace ka Kausa kari mubirometero bike numujyi wa Sake.
Kurubu haribazwa ico Kinshasa itekereza mukugarura amahoro Muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo n’imugihe Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, aheruka gutangaza ko bagiye guhanagura umutwe wa M23 kubutaka bw’iki gihugu aho yigabye ko igisirikare cye kurubu gifite ingufu ngo kuburyo hagize ugishotora ngo yahahurira nakaga gakomeye.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.