Meya wa Goma yamaganye imyigaragambyo yateguwe na Wazalendo ni myigaragambyo yateguwe kuva mu Cyumweru gishize aho aba Wazalendo bavuga ko bazamagana ingabo z’umuryango wa b’Ibumbye (Monusco) n’ingabo zakarere ka Afrika y’iburasizuba (EACRF) ziri Mubutumwa bwa mahoro Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Mu makuru Minembwe Capital News, ifite nuko iyo myigaragambyo yateguwe ko iza kuba uyu munsi tariki 30.08.2023.
Mw’itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashizwe hanze n’abateguye iyo myigaragambyo nyuma yuko ryari rimaze kugera hanze Komiseri Mukuru wa Polisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru Kapend Faustin, yahise yamagana iryo tangazo asaba ko inzego zishinzwe umutekano ko zigomba kuba maso bagahagarika ibyo bikorwa yise ko ari iby’urugomo .
Ati: “Ntarwego narumwe rwa leta rwemeye ko iyo myigaragambyo izakorwa. Kurubwo rero abashinzwe umutekano bagomba kuba maso bagahagarika ibyo bikorwa by’urugomo.”
Iyo myigaragambo ikaba yarateguwe n’ishirahanwe ryitwa LA Foix Natural Judaique Messianic vers les Nations FNJMN/AGANO LA UWEZO WA NENO/ WAZALENDO.
Bafite intego igira iti: “Gukomeza gusabisha ndetse noguharanira ubwigenge bwa Republika ya Democrasi ya Congo.”
Ubuyobozi bw’umuyji wa Goma bukaba bwasabye bwana Bisimwa Ephraim, uri mubateguye imyigaragambyo ko ishirahsmwe ryiwe ridafite ibyemezo ryokuba ryakorera ibikorwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, by’umwihariko i Goma.
Abashinzwe gukumira akajagari nokurinda umutekano bahamagariwe kuba bafata ingamba zikakaye kugirango babashe guhagarara mu mihanda yose hataza kuba iyo myigaragambyo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.