Uwahoze ari Perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, Raïs Joseph Kabila, yasabye abambari be ko “Bahaguruka bakavana igihugu mukaga.”
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 17.06.2023, saa 5:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ubwo uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Republika ya Demokarasi ya Congo ( RDC), yarimo aganira nitangaza makuru kumurwa mukuru i Kinshasa, nikiganiro cyabaye kumunsi w’ejo hashize tariki 16.06.2023, yabwiye abambari be cangwa se abanya politike bamwumva guhaguruka be guceceka maze ngo bakure Igihugu cabo mukaga.
Iki kiganiro yagikoreye i Kingakati, nimugihe yarimo abazwa numunyamakuru Barbara Nzimbi wa Radio Top Congo FM. Ahayanavugaga asaba abanyapolitike be guhaguruka bakaba maso kugihugu cyabo.
Joseph Kabila bakunze kwita “Raïs” yayoboye Republika ya Demokarasi ya Congo guhera mumwaka wa 2022 Kugeza mumwaka wa 2019. Aho yaje gutsimburwa na Perezida Félix Tshisekedi. Kabila kumunsi w’ejo hashize akaba yaratangarije Abanyecongo ko harico yunva ashaka kuvuga “mu minsi mike iri imbere,” nk’uko byamaze gutangazwa numunyamakuru Madamu Barbara.
Abambari ba Joseph Kabila bakavuga ko kuba Republika ya Demokarasi ya Congo, iri mukaga kurubu ari ingaruka zaba zaraturutse i kingakati. Abanyekongo benshi bakaba bategereje ico Raïs abategurira kubabwira ibyo yavuze ko azabivuga muminsi mike irimbere.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Yayoboye iguhugu guhera 2022 kugeza 2019????????Subira munyamdiko zawe please
Ngaho Abo bambari be ni bashyiremo akabaraga byenda halicyo bohindura aliko umuti numwe gusa umukasi niwo wafasha congo yarabarenze nta bushobozi bwokuyobora igihugu kinini kuliya gato byenda bagashobora
Ex : Katumbi yayoboye Katanga igira isura
Ni 2000 yibesheho