Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo bakomeje ku ‘rira!’ kubera ‘ubwicanyi no kurenganywa, ahanini ba bikorerwa n’ubutegetsi bubi bwa Perezida Félix Tshisekedi.’
Umutwe wa M23, binyuze mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence kanyuka, yagize ati: “Turahamagarira amahanga, [ku tirengagiza gutaka kwa banyekongo], baja Katanga bavuye i Kisangani, bakanyura muri Kivu Yaruguru.”
“Tuzahora twibutsa abakomeye biy’Isi, ko leta ya Kinshasa, yananiwe gufasha abaturage b’Igihugu ba bereye abayobozi.”
“Reka Tubibutse ko ibyo Perezida Félix Tshisekedi, ashoboye ari ikintu kimwe gusa, ni uguteza akavuyo mu gihugu, naho iterambere ryara munaniye.”
Yunzemo kandi ati: “Abaturage bari i Katanga, ko baricwa n’abari i Kisangani, tu tibagiwe abari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo[Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange].”
Kanyuka, yasoje avuga ati: “Ubu bugome abakongomani bari gukorerwa bari mu ku bukorerwa n’Ingabo za , FARDC, FDLR, Wagner, n’ingabo z’u Burundi, zibarizwa mu Burasirazuba bwa RDC.”
Hari n’amakuru avuga ko ingabo z’u Burundi, zifasha FARDC, kurwanya M23, ko basabuye amaduka y’abaturage i Karuba, ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ibi binemezwa n’umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka.
Kanyuka, yatabarije abaturage ba Kongo, harimo n’a Bakatanga, mu gihe Gen John Numbi, yari yanditse k’u rukuta rwe rwa X, ko Katanga y’aba irihafi kuba Repubulika, y’igenga.
Yagize ati: “Abifuza ko Katanga y’aba Repubulika n’ibande?”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.