Ubuyobozi bw’Ingabo za M23, bwa maganye Radio Okapi y’u muryango w’Abibumbye, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, umutwe wa M23 washize hanze itangazo rinyomoza ibyo Radio Okapi, iheruka gutangaza ko M23 yafashe bugwate imirima y’abaturage muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Inkuru ya Radio Okapi, yo kw’itariki ya 08/01/2024, ivugako M23 y’igaruriye imirima y’abaturage yo mu gace ka Kaunga, mu Bilometre 5 y’Amajyaruguru ya Kiwanja, muri teritware ya Rutsuru.
Iyo nkuru ya Radio Okapi, ikomeza ivuga ko abaturage rero bagiye kwicwa n’inzara ngo mugihe Imyaka yabo yari yeze.
Radio Okapi, ihamya ko ayo makuru bayahawe n’uwitwa Jean Claude Mbabaze, perezida wa Sosiyete sivile muri teritware ya Rutsuru.
Mw’itangazo rya M23, basohoye, rishinja Radio Okapi, kuba yarabimye umwanya ngo banyomoze ibyahimbwe na Jean Claude Mbabaze, utuye i Goma, ariko udahwema gutangaza ibinyoma ku bibera muri Rutsuru.
M23 yakomeje ishinja Mbabaze ko ari igikoresho cya leta ya Kinshasa akaba kandi akorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.
Mu bindi bikubiye mw’itangazo umutwe wa M23 washize hanze harimo ko abaturage baturiye ibice M23 igenzura Abaturage bagenda uko bashaka kubera umutekano mwiza, ko kandi abahinzi muri Rutsuru na Masisi, umwimbu wakomeje kwiyongera ahanini bivuye ku mutekano uhagaze neza muribyo bice M23 igenzura.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.