Abagera mw’Icyumi na batanu mubashinjwa kwica abantu nibo batawe muriyombi mugace ka Tshikapa.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 06/08/2023, saa 10:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mugace ka Tshikapa homu Ntara ya Kasaï, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, abagera mw’Icyumi nabatanu (15), mu bahoraga bica abantu kibandi bafashwe mpiri na bashinzwe umukono murako karere.
Namakuru dukesha ikinyamakuru cya 7 Sur 7 . CD, ayamakuru kandi yemejwe nabwana Minisitiri ushinzwe umutekano w’imbere mugihugu, aho yemeza ko murabo bahagaritswe harimo naba polisi ba leta ya Kinshasa avugako bitangaje kubona abo kagaruye umutekano aribo bongera kuwu hungabanya.
Mubyo bwana Minisitiri w’umutekano yakomeje avuga yemeje ko ayo makuru ya yahawe na baturage bo murako gace ka Tshikapa.
Iki Kinyamakuru cya 7 Sur 7 CD, cyanatangaje ko aba bafashwe bazira kwica abantu no guhangabanya umutekano wa baturage bamaze kugezwa imbere y’ubutungane kugira ngo baryozwe ibyo baregwa.
Iyo nkuru ikomeza ibitangaza ko Abayobozi bakarere ka Tshikapa homu Ntara ya Kasaï, bahamagariye ubutegetsi bwa Kinshasa gukora iyo bwakabaga abicanyi bose bagafatwa ndetse na bakomeje kwidegembya kandi baregwa ibyo byaha ko bofatwa bakaja imbere y’ubutungane.
Muraka karere ka Tshikapa, abaturage benshi bagiye bicwa kibandi nkuko ayamakuru abivuga abandi babaye ibimuga barashwe kibandi kandi ko ibi byari bimaze imyaka myinshi ubwo bugizi bwanabi bubera muribyo bice.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.