Abayobozi ba Soseyete sivile muma teritware agize igihe muntambara batangiye kwibaza kubijanye na Mashuri?
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 4:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Soseyete sivile ya Masisi Rutsuru na Nyiragongo, batangiye kwibaza ibibazo birimo uko umwaka wa mashuri wa 2023 na 2024 uko bizagenda, ni mugihe iki gihugu cyitegura gufungura amashuri ariko izo teritware zikaba ziri mubibazo by’intambara.
Iki kibazo bagishize kumeza mugihe hasigaye ibyumweru bibiri(2) gusa ngo amashuri atangire mu gihugu hose. Utu turere tuvuye kuvuga imyaka ibiri ishize abana baho batiga kubera ibi bice hakomeje kuvugwa intambara n’intambara ihuza M23 n’ingabo za RDC.
Uyu mugabo nubundi yakomeje avuga ko haba hari nabandi banyeshuri bari mu ma kambi y’impunzi babuze ubushobozi kandi ko na babyeyi babo baba badafite uburyo bwokwigisha abo bana kuko ubushobozi aribuke ndetse ko nokubona ibyokurya bibagora akomeza avugako badafite ubushobozi bwokugura ibikoresho byabanyeshuri ndetse bikaba byashimangiwe numwe uri mu nkambi y’Impunzi ziri ahitwa Rugari hafi na Goma kuva mukwezi kwacuminabiri umwaka ushize.
Ishirahamwe ryabigisha naryo rikaba risabisha ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, kugarura umutekano mukarere kayobowe n’inyeshamba za M23 kugirango ba bone uko bakora akazi kabo ka burimunsi.
Iyi nkuru ikomeza ivuga ko guhera mu mwaka wa 2021 na 2022, aba banyeshuri batiga mubice bya Masisi na Rutsuru nigice ca Nyiragongo. Gusa ngo bamwe mu Mpunzi bahunze bafite ubushobozi bagiye bakomereza amashuri yabo i Goma.
Ibi bibaye mugihe abahagarariye Abanyeshuri muri za Kaminuza, iki kibazo bari bakigejeje kwa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko kugeza none ntikirabonerwa igisibizo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.