Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamagaje i Nama yigitaraganya, nyuma y’uko bya vuzwe ko hari iki bombe cyatewe muri Quartier ya Mugunga, Komine Karisimbi, muri Goma, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
Nk’uko bya vuzwe n’uko kiriya ki bombe cyarashwe mu masaha y’umugoroba wo kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 2/02/2024.
Ubuyobozi bwa Sosiyete sivile muri Komine ya Karisimbi, bemeje ay’amakuru bavuga ko kiriya gisasu cyatewe hafi n’ishuri ry’isumbuye rya Nengapeta, kiza gusiga gikomerekeje Abaturage batatu.
Nyuma y’uko kiriya gisasu cyatewe i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Antoine Tshisekedi, yahise ahamagaza i Nama idasanzwe y’aba minisitiri, i Kinshasa. Iy’i Nama ikaba igamije kwiga ibibazo byihutirwa nk’uko Tshisekedi yabitangaje akoresheje urubuga rwe rwa X.
Ibi byibukije ko perezida Félix Tshisekedi, ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mwaka ushize, yasezeranije abanyekongo ko mugihe M23 ya kwibesha ikarasa isasu rimwe i Goma ko yahita atera i Gihugu cy’u Rwanda, ngo agahita avanaho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.
Mur’icyo gihe yahise avuga ko yarasa i Kigali y’icaye i Goma, ngo kuko afite ibikoresho by’agisirikare bigezweho nk’uko yarimo abyivugira.
Yagize ati: “Banyekongo, nshuti zanjye, ndabasezeranya ko mu gihe M23 yakwibesha ikongera igafata agace gato gusa, cyangwa ikarasa isasu rimwe i Goma, nahita ntumiza i Nama y’inteko nshinga mategeko, nkabasaba gutera u Rwanda.”
Tu bibutseko Sosiyete sivile yo muri Komine Karisimbi, ahatewe igisasu barashinja M23 kuba ar’iyo yaba yagiteye n’ubwo bitaremezwa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.