Umusirikare Edinasi Sebagabo Rwambara, wiciwe i Lubumbashi, mu mwaka w’ 1998, ari mubasirikare bafashe iyambere mukubohoza i Gihgugu c’u Rwanda dore ko carimo ubwicanyi bukaze bwakorewe abaturage bo m’ubwoko bwa Batutsi.
Uyu musirikare y’injiye igisirikare mu mwaka w’ 1993 y’injriye mugace ka Kagera, ishamba rikora k’ubihugu byinshi harimo Tanzania, Rwanda na Uganda, iki gisirikare yacinjiye avuye i Burundi akaba yari mubarokotse ubwicanyi bwakorewe Abatutsi nyuma y’uko perezida Ndadaye, w’u Burundi, yaramaze gupfa.
Edinasi Rwambara, yari i Burundi aho yakoraga akazi k’ubwalimu ku mashuli abanza, nk’uko byavuzwe n’umwe mubasirikare ba banye nawe bwana Ntaremerwa Notable.
Ubwo ingabo zahoze ariza AFDL zabohoje Republika ya Demokarasi ya Congo, igihe zambuka ga mucahoze citwa Zaïre, uyu Edinasi Rwambara byavuzwe ko yambutse mu banyuma aho yaje koherezwa mu Kibaya ca Rusizi (Plaine Dela Ruzizi), aha yakoraga nka T5(Pisi wa brigade) wa brigade, mungabo zari ziyobowe na Murokore.
Iz’ingabo za AFDL zari mukibaya cya Rusizi, baje kuvanwa aha berekeza Umuhanda wa Kalemi aho barwanye intambara kuva Kalemi bagera i Lubumbashi hafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara yicahoze ari Katanga.
Bakimara gutsinda ur’urugamba rwabahesheje gufata i Ntara ya Katanga aha yahawe inshingano zokuba Pisi wa Region, nyuma yaje guhabwa umwanya wa Siai, aza kungirizwa na Gen Bosco Ntaganda, arinabwo perezida Laurent Désire Kabila, yagiriye icizere Edinasi, amuha kuyobora amahugurwa yagisirikare ya “Kasapa.”
Mugihe ayamafunzo(Amahugurwa), yaramaze kurangira Edinasi, yahamagawe kuja gukora muri Etat Major i Kinshasa, mugihe yarakirimo asezera k’ungabo yarayoboye i Lubumbashi n’ibwo habaye ubwicanyi bwaje gukorerwa abasirikare ba Banyamulenge, ni ubwicanyi bwageze ahari Abanyamulenge hose mubice bigize Republika ya Demokarasi ya Congo, tariki 02/08/2023.
Amateka avuga ko mu mwaka w’1998 hoba harishwe abasirikare ba Banyamulenge, bo mungabo za AFDL, bakabakaba 500.
Aba batanze ubuhamya bavuze ko ubwo Edinasi Rwambara, yari muri Kivu y’Amajy’epfo, avuye i Lubumbashi, mu kwezi kwa 7/1998, bavuze ko abasirikare benshi barimo n’Abanyarwanda bamubujije gusubira i Lubumbashi ngo kuko intambara ishaka kuba ariko Edinasi yarabyanze avuga ko ata tererana Abasirikare ba Banyamulenge yasize i Lubumbashi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.