Kumunsi w’ejo hashize tariki 22/09/2023, ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekeje mugace ka Mushaki kari mubilometre 46 n’u Mujyi wa Goma. N’kuko bivugwa n’Umunyamakuru Justin Kabumba, nuko ziriya Ngabo za FARDC zagiye Mushaki, mubiganiro n’abaturage kandi ko zari ziyobowe na Guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba.
Mubusanzwe aha Mushaki harebwaga n’ingabo za Barundi zo mu Muryango wa Afrika y’uburasirazuba (EACRF), mu Makuru Minembwe Capital News imaze kwakira nuko Mbere y’uko ibiganiro bya FARDC n’abaturage biba habanjye kuba ibya FARDC naziriya Ngabo za Barundi ziri mubutumwa bw’amahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu ca RDC. Ubwo Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yaganiraga n’abaturage abaturage bamusabye ko aka gace yakazanamo abapolisi aho binavugwa ko yamereye ariko ababwira ko abo ba polisi bazaza nyuma.
Major Gen Peter Cirimwami, ati: “Baturage ba Mushaki, mumenye meza ko ubu ataribirya byambere imbaraga za FARDC zizamuka umunsi kumunsi. Ubu dufite imbaraga zo kurwanya Inyeshamba izarizo zose. Ibyo musaba nibyo natwe twifuza.”
Uyu Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami, yakomeje avuga ati: “Ingabo zanyu FARDC zirihafi kwigarurira ibice byose bigenzurwa n’ingabo za Mahanga,” aha yavugaga ingabo za EACRF.
Ibi ingabo za RDC zibikoze nyuma yuko ingabo za M23 zigaragaje ko zari zikomeje kwiyegereza abaturage aho bari baheruka gukora urugendo baja kuganiriza abaturage ba Kiwanja ndetse nyuma yaho bagana muri Karuba aho naho bahakoranye ibiganiro n’abaturage.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.