Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 25/11/23 , i Bukavu, k’umurwa mukuru w’Intara ya kivu y’Amajy’epfo, umu kandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu DENIS MUKWEGE, yahavugiye amagambo aka kaye harimo nayo kunenga ingabo za karere k’ Afrika y’iburasirazuba (EACRF) n’ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).
Denis Mukwege, yasezeranije abanyekongo i Bukavu kuzakora ibikorwa bikaze ngo mugihe yoramuka atsinze Amatora ategerejwe kuba tariki ya 20/12/2023.
Uy’u mukandida Mukwege, u kw’iyamamaza kwe kwabereye mugace kitiriwe ubwingenge ho mu Mujyi wa Bukavu. Iriya meeting ya Mukwege yabaye igihe c’isaha z’umugoroba aho yitabiriwe n’Abantu benshi bari bakubise buzuye.
Kwikubitiro mw’ijambo rye yahise anenga ingabo za Afrika y’iburasirazuba (EACRF) kandi ahamiriza abanyekongo ko ntaco ziriya Ngabo zigeze zikora
Ati: “Ku rwego mpuzamahanga, uyu munsi dufite imitwe yitwaje imbunda irenga 120 bose bari mu gihugu cyacu. Dufite n’ingabo zaje gushaka umutekano zaturutse mu Burundi, Uganda, Kenya nahandi. Twasabye SADC gutabara, maze tubabajije impamvu izabazana, basubiza ko bo batazaza kurwana. None se kuki boza ? K’u bwanjye ziriya Ngabo zose zaba iza Monusco, EAC nizo zitegerejwe za SADC bakwiye kutuvira mu gihugu tukishakira amahoro twenyinyine.”
Denis Mukwege yavuzeko iwe azavugurura igisirikare acyiye munzira zi 3: Gushira imbaraga mu butasi bwigisirikare , Guha agacyiro igi polisi cy’igihugu, kwigisha igisirikare kuba maso mu kurinda ubusugire bw’igihugu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.