Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 19.06.2023, saa 7:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ishirahamwe rya Banyamulenge rikorera muri leta z’Unze Ubumwe Za America, Mahoro Peace Association (MPA), ryatanze inkunga kubitaro bya Minembwe ibaha imodoka yomubwoko bwa Ambulance. Mahoro Peace Association yabayeho ahagana mumwaka wa 2004, ikaba igizwe nab’Anyamulenge bahunze Intambara zo muri Congo Kinshasa.
Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, yamaze kwakira nuko iyo modoka ya Ambulance, yatanzwe nishirahamwe rya Mahoro Peace Association ko yarigize igihe yaratanzwe ikaba yari Uvira ho muntara ya Kivu yamajy’Epfo.
Kuruyu wambere tariki 19/06/2023, akaba aribwo yageze mu Minembwe, kubafasha bwa Col Ekembe binyuze kuri Gen André Oketi Ohenzo uyoboye ingabo za 12ème brigade, ifite icicaro gikuru cyayo mu Minembwe ku Runundu.
Ahagana mumasaha yigicamunsi, nibwo yasesekaye muri Minembwe, arinayo modoka yajemo bwana Col Ekembe aho byemejwe ko yazanye n’a Admiroge wa 12ème brigade.
Ubwo Minembwe Capital News, yaganiraga numwe mubayobozi ba MPA, yavuze ko harimo gutegurwa nikirori cyogutanga iyo nkunga y’imodoka yo mubwoko bwa Ambulance bayiha ibitaro bya Minembwe (Hopital de référence de Minembwe).
Ishyirahamwe rya Mahoro Peace Asossiation (MPA) n’umuryango utezwa imbere nabanyamuryango bayo baba muri leta z’Unze Ubumwe Za Amerika. Uyumuryango ukaba ushigikira kubakira abagiye bagira ingaruka z’intambara ziterwa hato nahoto nimitwe yitwaje intwaro muburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
MPA, ifite abanyamuryango barenga 7000 bakaba batuye muri leta zirenga 45, zaleta z’Unze Ubumwe Za America.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Hubahwe Mahoro itabara ababyeyi