Imirwano hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner na Wazando), kuri ubu irimo kubera Buhumba, M23 ikomeje kurwana k’ubaturage.
Imirwano ikomeye ihanganishije M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), FDLR, Wagner na Wazalendo, yabereye Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, amakuru yizewe avugako iyo mirwano yabereye neza mugace ka Mwishya, gaherereye mubirunga bya Nyiragongo. Gusa ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda irikumwe n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) baje gusa nabahungiye ahagana kuri antenne zitatu (3) aho byemejwe ko naho habereye Urugamba rukaze.
Nyuma yabwo iy’imirwano yaje gukomereza mubindi bice aho Minembwe Capital News, yabwiwe ko kuri ubu Urugamba rukomeye rurimo kubera mugace ka Buhumba, k’umuhanda wa Kabiri(2).
Nk’uko twabibwiwe kuri Minembwe Capital News, nuko iy’intambara ingabo za FARDC zayishoyemo ubushobozi bwinshi ariko kugeza ubu umuriro w’imbunda za M23 ukomeje kubatwika arinako FARDC n’abambari babo bakomeza kw’iruka bahunga .
Umuvugizi wa M23, bwana Lawrence Kanyuka yemeje ko Urugamba rurimo kubera mugace ka Buhumba.
Yagize ati: “Ibitero byagabwe k’ubaturage, bigabwe n’ingabo z’igihugu ca Congo(FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo), kuri ubu birimo kubera muri Buhumba no munkengero zayo. Gusa M23 ikomeje kurwana k’ubaturage kandi turabarinda neza n’ubutunzi bwabo.”
K’urundi r’Uhande abaturage bo muri Kishishe na Bambo barahamagara ingabo z’u mutwe wa M23 ko FDLR na FARDC bakomeje gutinya uburyo ingabo za M23 zikomeje gufata ibindi bice, aha byagaragajwe n’umuhuza bikorwa w’umutwe wa M23, bwana Benjamin Mbonimpa, aho yabitangaje akoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.
Yagize ati: “Abaturage ba Bambo na Kishishe, baduhamagaye bakoresheje telephone ngendanwa batumenyesha ko FDLR na FARDC bakomeje gutinya ndetse kobamwe muribo bahunga bagana i Rwindi. Ico batinya n’uko Ingabo za ARC/M23 zikomeje gusonga imbere.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.