Zimwe mu mbunda zakoreshwaga n’Abasirikare ba Republika ya Demokarasi ya Congo, bo mwitsinda rya ba Hiboux, ziheruka gufatwa mpiri muntambara yo kw’itariki 14/10/2023, zagaragajwe.
Iz’i Mbunda, nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe ay’amakuru n’uko zafashwe n’abo mu mutwe wa M23 nyuma y’urugamba rukomeye rwari rubahanganishije na FARDC n’abafatanya bikorwa babo, maze M23 bakaza kugaragaza ubunararibonye. Iyi mirwano kandi yasize M23 yirukanye iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya Kinshasa, harimo Wazalendo, FDLR, n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Aho igice ca Bwiza, k’uwitabi ndetse na Burungu, ibice biherereye muri Groupement ya Tongo, teritwari ya Rutsuru, ko byahise byigarurirwa na M23.
Ay’amakuru akomeza avuga ko iyi mirwano yasize M23 yirukanye iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda harimo na Hiboux ndetse n’abacancuro(Wagner), mu Mujyi wa Kitchanga. Gusa M23 yaje kwikura muri Kitchanga, hongera kujamo Wazalendo, maze bazenguruka uyu Mujyi kugeza kuri uyu wa Gatatu, tariki 18/10/2023.
Zimwe murizo Mbunda zambuwe abo mu mutwe wa Hiboux, Minembwe Capital News, ifite amashusho y’izo Mbunda zo mubwoko butatu: “AK-47, Ceceni na Uzi gun.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Mukosore Burungu iri muri groupement Bashali Kaembe muri zone ya Masisi naho Bwiza ikaba muri groupement Bishusha zone ya Rutchuru