Ishirahamwe rya Human Rights Watch ryatangaje ko rihangayikishijwe nuko uburenganzira bw’Amuntu muri RDC butifashe neza, nimugihe inzego zishinzwe umutekano muriki gihugu zikomeje guhonyanga agateka kazina Muntu.
Ibi birakogwa kandi muriki gihugu hasigaye iminsi mike iki gihugu ki kinjira mu matora rusange.
Iri shirahamwe rikavuga ko abi basirwa cyane arabakuriye Amashaka ya politike na bayoboke babo aho bahohoterwa nu butegetsi buri kungoma bwa Perezida Félix Tshisekedi.
Mu mategeko y’imbere mugihugu n’amategeko Mpuzamahanga agenga uburenganzira bw’Amuntu, uyu muryango wa Human Right Watch, ugasaba ko abayobozi ba Congo, bakwiye kubahiriza uburenganzira bw’agateka kazina Muntu.
Mubyo uyu muryango wasabye wagize uti: “Hakwiye kuba uburenganzira bw’Amuntu bwo kugenda mu Mahoro harimo nogukora ama nama mu Mahoro ntankomyi. Amashirahamwe niyisanzure ariko ibi bihabanye nibibera Congo! Uburenganzira bw’imfungwa ndetse no gutangubutabera bunogeye bose bigomba kubaho. Guhagarika gufunga abaturage uko bishakiye bigomba guhagarara.”
Umwe mu bashakashatsi witwa Thomas, aheruka kuvuga kubijanye nu burenganzira bw’Amuntu, asaba ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, ko bukwiye kubaha ikiremwa Muntu yagize ati: “Nihanangirije abayobozi ba Congo ko bakwiye kureba byihuse cyane aba Kandida kugira ngo amatora yo mukwacyuminabiri azagende neza. Ni bu baha aba Kandida bizabafasha no kuba amatora yagenda neza.”
Iri shirahamwe rya Human Rights Watch, rikaba ryatanze urugero rwimyigaragambyo yaburijwemo mukwezi kwa 5 kuyu mwaka turimo, iyo myigaragabyo ikaba yariyateguwe nabayobozi 4 bakuriye amashaka ya politike, harimo MARTIN FAYULU,MATATA MPONYO na MOÏSE KATUMBI ndetse na SESANGA.
Human Rights Watch, ikongera kuvuga ibariyeri yashiriweho Moïse Katumbi igihe yariyerekeje muri Congo Centrale, tariki 20/05/2023, ko iyi bariyeri itari mu mucyo.
Kubijanye nogufunga inzira karengane bavuzemo umujanama wa Moïse Katumbi, ariwe Salomon Kalonda wariwafunzwe tariki 30/05/2023, yafashwe mugihe yari yerekeje ku kibuga c’indege ca Ndjili, muruku guhohotera inzira karengane havuzwe mo kandi Franck Dingo Wafashwe tariki 20/06/2023, akaza kurekurwa tariki 15/07/2023, afungurwa atabwiwe icyo yari yarafungiwe.
Uyu muryango ugashinja perezida Félix Tshisekedi, kuba abifitemo uruhare.
Ibi nibivugwa n’Ubumwe bw’Uburayi, BCNUDH ndetse n’ishirahanwe rya JED .
Nimugihe kandi aya Mashirahamwe ashinja perezida Félix Tshisekedi kuba yarakoresheje invugo irengereye cyane ubwo yariyazindukiye mu Ntara ya Kasai y’uburasirazuba, aho yavugaga ko atazemerera umuntu wese utavuga rumwe na Leta ye kuba yagira ico anenga ubutegetsi bwe!
Iri shirahamwe rikaba ryasoje ryibutsa guverinoma ya Kinshasa ko ifite munshingano mukugenzura abashinzwe umutekano kugirango hatazagira abahohoterwa mubihe bya matora.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.