Ingabo za Fardc zomuri 12ème brigade byatangajwe ko kuruyu wambere tariki 26/06/23, zizasura abaturage batuye mugace ka Kabingo.
Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 25/06/2023, saa 4:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Byamaze kumenyekana ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zo muri 12ème brigade, zizasura abaturage bo mugace ka Kabingo mubirometero bitageze 10 numujyi wa Minembwe.
Izi ngabo za FARDC, zomuri 12ème brigade, Ziteganijwe gusura abaturage ba Kabingo ngo zizaba ziyobowe na General Andre Ohenzo Oketi, aho Minembwe Capital News, yahawe amakuru ko muriyo delegation hazaba harimo naba Notable bagize aka karere ka Minembwe ndetse nabandi banyacubahiro bazaba boherejwe na Komine Minembwe.
Bikaba byanavuzwe ko iyo delegation izaba iyobowe na Gen Andre Ohenzo Oketi, kobazagera no mwisoko iheruka gufungurwa ku murambi witiriwe Izina rya Kabingo (Kumurambi wa Kabingo). Aha akaba arihafi na Kabingo yo muba Burugu.
Ni Soko Imaze iby’umweru bitatu ifunguwe ikaba ikora umunsi wakazirimwe gusa. Ni Soko abaturage ba Kabingo bishimiye cane aho banashima nabaturage b’Irwanaho ko babigizemo uruhare runini kugira ngo iyo Soko ibeho.
Gusa haramakuru amaze kumenyekana kuri Minembwe Capital News, ko iyo delegation itemerewe kurenga ahitwa Kabingo ka Baburugu ngo mugihe bo kwibesha bakarenga aha ngo bakwinjira muri hatari.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.