Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 06.06.2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Colonel Ekyembe, byavuzwe ko ariwe uza kungiriza Brigadier General André Ohenzo Oketi, ureba 12ème brigade ikorera mumisozi miremire y’Imulenge.
Ekyembe niwe warebaga Ibatayo ikorera i Lundu ho muri Village ya Chef Bikino, Secteur ya Lulenge homuri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya democrasi ya Congo.
Uyumugabo akaba yarazwi mubice byo muri teritware ya Mwenga nimugihe yakoreye igihe kirekire mugace ka Mikenke ndetse na Kamombo.
Akaba atsimbuye kuruyu mwanya Colonel Alexis Rugabisha, uheruka kuva vuba mugace ka Minembwe yerekeza i Kinshasa. Amakuru akomeza avuga ko Rugabisha ko yoba yaragiye kwivuza amaso nkuko byavuzwe ko Alexis Rugabisha yatumwe i Kalemi ho muntara ya Tanganika, ariko akaza gukomeza urugendo agana i Kinshasa aho amaze amezi agera kurabiri.
Ubwo iyinkuru yageraga kuri Minembwe Capital News, byavuzwe ko Col Ekyembe kurubu ari mugace ka Uvira, aho yagiye kureba urugo rwe ariko bivugwa ko yaba agiye kuzamuka vuba kugira asigare mumwanya wa Brigadier General André Ohenzo Oketi, wahamagawe munama y’umutekano iteganywa kuzabera i Bukavu ahazwi nkumurwa mukuru w’intara ya Kivu yamajy’Epfo.
Aha i Bukavu, harategurwa inama y’umutekano mugihe muriyintara hakomeje kuvugwa amakuru ko ingabo za Fardc nimitwe yitwaje intwaro irimo Mai Mai n’a FDLR bakomeje kwisuganya berekeza i Kamanyola ho muri teritware ya Walungu. Aka gace nagace gahanye imbibi nigihugu cu Rwanda.
Nimugihe kandi aha Kamanyola harangiye Ibiganiro byahuje abashinzwe Umutekano nabahatuye bikavugwa ko bari baje gukangurira abashinzwe Umutekano murako gace kuba maso maze birangira bahasize ingabo ninshi harimo n’a FDLR ndetse n’a Mai Mai.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.