Mu mirwano ikomeje guhuza umutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe n’ingabo za FARDC, M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (Eastern DRC), hamenyekanye abasirikare bapfuye k’uruhande rwa Barundi, FARDC ndetse no k’uruhande rwa FDLR.
Iy’ i mirwano yavuzwemo n’igisirikare c’u Burundi (FDNB) aho byavuzwe ko iki gisirikare gikomeje gufasha uruhande rwa leta ya Kinshasa, gusa ngw’aba basirikare b’u Burundi n’abahoze muri Kivu yamajy’Epfo, nk’uko iyi nkuru tuyikesha Radio Inzamba .
Ay’amakuru akomeza avuga ko mu mirwano yo kw’itariki 14/10/2023, yahuje M23 n’iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiye Kinshasa kurwanya M23 ngo yaguyemo abasirikare b’u Burundi bomuri Batayo ya 6. N’ibatayo iyo Radio Inzamba, ihamya ko yariyobowe na Colonel Haringanji Domitien, wapfushije abo basirikare basaga 30 nawe ubwiwe akaba yarahasize ubuzima abandi 23 barakomereka bikabije, ndetse n’abandi ba burigwa irengero aho bikekwa ko boba barafashwe amatekwa.
Radio Inzamba, ikomeza ivuga ko iriya mirwano yahitanye ingabo z’u Burundi, yarimo ibera mubice biri muri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ariko iz’Ingabo zaje ziva muri Kitchanga, muri teritware ya Masisi.
Mubasirikare b’u Burundi bakomerekeyemo havuzwemo, Major Jean Pierre Hatungimana, womuri promotion ya 36 ya ISCM. Hakaba hanavuzwe ko kandi iz’Ingabo zageze muri Kivu y’Amajyaruguru, zambitswe impuza kano y’igisirikare ca RDC.
Isoko Minembwe Capital News, ikesha amakuru y’iyo mirwano yo kuwa Gatandatu, tariki 14/10/2023, yahamije n’Abasirikare bapfuye k’uruhande rwa FDLR na FARDC, aho byavuzwe ko hishwe abarenga 45 n’aho abasaga 20 barafatwa, murabo bahasize ubuzima hari abasirikare ba biri (2) bafite ipete rya Colonel harimo n’uyu Colonel wo Mungabo z’u Burundi ugira gatatu wavuzwe haruguru.
Hakaba havuzwe Colonel Batinganda, wo muri FDLR na Col Zéro Maike, wo muri FARDC, aya makuru nk’uko yavuzwe ngo Colonel Zéro Maike we ngoyoba yarishwe na Wazalendo muri y’amasasu yo guteba.
Minembwe Capital News, yabwiwe ko muriyo mirwano yo kuwa Gatandatu, tariki 14/10, imbunda ziremereye zo k’uruhande rwa FDLR, FDNB na FARDC ko zoba zarafashwe na M23 zose.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.