M23 ya rwaniriye abasivile ya mbura kandi ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ibirimo ibikoresho by’agisirikare, ndetse ifata matekwa n’ingabo z’u Burundi.
N’i bikubiye mu nyandiko umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka amaze gushira hanze kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki ya 16/02/2024.
Ni nyuma y’uko kuri uyu munsi habaye ibitero bya gabwe ku baturage baturiye agace ka Nyenyeri, ibyo M23 ishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ba bigabye ahatuwe n’abaturage benshi.
Inyandiko za Kanyuka yavuze ko ingabo za ARC (L’arméé Revolutionnaire Congolaise) ko zakoze ibishoboka byose mu buryo bwa kinyamwuga ba rwanirira abaturage baturiye agace ka Nyenyeri no mu nkengero zaho, nk’uko abivuga barinda abasivile ibitero byari bya gabwe n’ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa, aribo FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo ingabo z’u Burundi, n’ingabo za SADC.
Yakomeje avuga ko barwanyije ihuriro ry’ingabo za RDC k’u buryo yemeje ko bazambuye ibikoresho harimo ko bafashe mpiri abarimo ingabo z’u Burundi.
Yakomeje agira ati: “Ingabo z’u Burundi twazifatiye k’urugamba, tuboneyeho nakanya ko kwamagana leta y’u Burundi ikomeje kugaragaza umusanzu wo gukorera urugomo ubwoko bumwe.”
Umuvugizi wa M23 yavuze kandi ko Ingabo za M23 ko zimaze kuva inyuma kugira zicungure abanyekongo bagize igihe mu bibazo by’intambara.
Ibi bitero by’i huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa kandi byari byagabwe mu gace ka Kagano, gaherereye muri gurupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, ahari ibirindiro bya M23. Ariko M23 ibasha ku bisubiza inyuma.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.