Abashi ba turiye mu Minembwe bahawe iminsi irindwi(7) ngo yokuba bavuye mu misozi miremire y’Imulenge ni mugihe i Ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo(FARDC) zikorera muriyi misozi zishaka gukora operation k’ubaturage b’irwanaho.
Nkuko ayamakuru Minembwe Capital News, ya yahawe n’Abantu bizewe ibi ngobyavuzwe n’umusirikare Mukuru Gen Andre Oketi Ohenzo, ukuriye Brigade ya 12 ifite icicaro mu Mujyi wa Komine ya Minembwe homuri Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca RDC.
Abashi basanzwe mu Minembwe bafite ishirahamwe ry’itwa ‘Kinyabuguma.’ ubwo twahabwaga aya makuru byavuzwe ko ir’ishirahamwe rya Bashi aribo ba bwiwe kuburira bagenzi babo gukora ibishoboka byose bakitegura mu minsi irindwi bakava mu Minembwe.
Bariya Bashi bari mu Minembwe, bahatuye muburyo bw’ubucuruzi aho bacuruza ibintu bitandukanye harimo imyenda ndetse n’imyunyu n’amasabune.
Ibi kandi byokuva mu Minembwe ngobyabwiwe n’abakuriye Amashirahamwe (ONG) ayobowe naba bo mubwoko bwa Bashi.
Gen Andre Oketi Ohenzo, yageze mu Minembwe ahagana mu kwezi kwa Kabiri (2) uyu Mwaka w’2023, ubwo yahageraga aka karere karimo intambara zabica bigacika hagati ya Mai Mai Bishambuke na Banyamulenge. Iz Mai Mai zahabwaga ubufasha n’ingabo za RDC, nkuko Abanyamulenge babyivugira.
Uyu musirikare Mukuru uvuga rikijana mu Minembwe, yagerageje kuzana amahoro ndetse n’umutekano mwiza ariko kuri ubu bimaze kugaragara ko yamaze guhinduka Abanyamulenge akaba yarabigaragaje mu Nama aheruka gukorana na Baturage aho yabakuriye inzira kumurima ababwirako agiye guhangana n’ibyitso bya Twirwaneho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.