Yanditswe n’a Bruce Bahanda, tariki 17/07/2023, saa 5:17Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu mugoroba woku Cyumweru, tariki 16/07/2023, abantu umunani ( 8), nibo bapfuye bishwe n’a Gerenade yaturikiye hagati Munkambi ya Kibati. Agace ka Kibati nagace kari hafi nu Mujyi mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaru Goma.
Birashinjwa ko ubwo bugizi bwanabi bwakozwe nabo mwitsinda rya Wazalendo. Iritsinda rikaba rikorana byahafi n’ingabo za Republika ya ya Democrasi ya Congo FARDC. Ibi bibaye mugihe kandi abari Mukambi ya Kanyabayonga binubiye iritsinda ry’umutwe w’itwaje imbunda wa Wazalendo bakomeje ibikorwa byokunyaga abaturage bitwajije gukora Barière.
Na Sosiyete sivile ya Kanyabayonga homuri Lubero bamaganye iki gikorwa bise “Guhohotera abaturage bavanwe mubyabo.”
Ibi bikaba byongeye gufata intera kuriki cyumweru, tariki ya 16/07, aho byakorewe nabari neza muri komini ya Kanyabayonga, muri Cheferie ya Bwito, homuri teritware ya Rutshuru abashinjwa uku guhohotera abaturage bavanwe mubyabo barabishinja abo bise abasirikare ba “Wazalendo.”
Nkuko Sosiyete sivile yo muri ako gace Ibitangaza ngo nuko abo barwanyi bashizeho inzitizi zinaniza Impunzi n’imugihe basoresha imisoro irenze urugero ku bagenzi, ibi babikora ubuyobozi bureba bugaceceka.
Ati: “Hagakwiye kwirinda icatuma abaturage bakuwe mubyabo batagira imyivumbagatanyo. Birababaje kubona ababangamira abaturage ari abarwanyi bakorana byahafi n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARDC.”
Nk’uko amakuru amwe abivuga avuga ko uku guhohotera abaturage biri no mu tundi turere tugenzurwa n’abasirikare ba Wazalendo. Iyinkuru tukaba tuyikesha Radio Okapi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.