Mu Masaha make ashize n’ibwo igihe ntarengwa cari cahawe ingabo z’Isarambwe (M23) kuba zamaze kuva mubice bahora bagenzura.
Ni Guverinoma ya Kinshasa, iyowe na Perezida Félix Antoine Tshisekedi, yari yahaye M23 ko igomba kuba yamaze kuva muduce twose bagenzura kumunsi w’ejo hashize tariki 24/09/2023.
Aya n’amakuru yanemejwe na Minisiteri w’ubanye n’amahanga wa Republika ya Demokarasi ya Congo, bwana Christoph Lutundula, ni mugihe yarimo aganira n’itangaza makuru ari i New York, muri leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Yagize ati: “Ibyo Mvuga n’ibyo Perezida Félix Antoine Tshisekedi yantegetse kuvuga. Umutwe wa M23 twawuburiye kuba wamaze kuva muduce twose bagenzura tariki 24/09/2023, bitaba ibyo tukabasukaho umuriro waka. Leta ya Kinshasa igomba kwifatira ibyemezo.”
Kuri ubu amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko aba basirikare bo mungabo z’Isarambwe (M23) bamaze kongera kw’iyubaka mugace ka Kibumba, mubilometre 20 n’umujyi wa Goma. Aya makuru akomeza avuga ko iz’ingabo za M23 kozikomeje kuza muri Kibumba arininshi. Nimugihe aka gace kahoraga kangenzurwa n’ingabo zo mwitsinda rya EAC ariko ko ubu iz’ingabo zamaze gukuramo akarenge.
Na none kandi ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nazo zikomeje kurunda ibikoresho kabuhariwe mu Mujyi wa Goma ndetse nomuri Mushaki aha hoze hari ingabo zakarere ka Afrika y’iburasizuba (EACRF).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.