Ingabo za Barundi n’iza RDC z’ibarizwa muri Batayo yahawe izina rya Task Force zari mubice byo muri Kivu y’Epfo, zaraye zijanwe Minova homuri teritware ya Kalehe zigana muri Kivu y’Amajyaruguru.
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko izi Ngabo zavuye muraka gace ko muri Groupemant ya Runingu, m’Ubwami bwa Bapfulero muri teritware ya Uvira, igihe cisaha umunani(2h) z’ijoro ryokuri uyu wa Gatanu rishira kuri uyu wa Gatandatu.
Mu Ntangiriro zuku kwezi kwa Cyenda (9) nibwo havuzwe ko aba basirikare bomuri Task Force ko bavuye mubice byo ku Ndondo ya Bijombo bagana muri Plaine Dela Ruzizi, arinabwo batangiye gukambika ahatandukanye harimo na Runingu na Kabunambo homuri teritware ya Uvira. Murico gihe hanavuzwe kandi ko izi Ngabo za Barundi zivanze n’iza RDC zamaze kwambikwa umwambaro umwe(Uniform ya y’igisikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo) n’amakuru yanavuzwe n’ikinyamakuru c’u Barundi ca Sos Media Burundi.
Mu nkuru dukesha Radio RPA, y’a Barundi yo kw’itariki 8/09/2023, ivuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye ubwo aheruka i Kinshasa kubonana namugenziwe Perezida Félix Tshisekedi ko habaye kumvikana bombi ko iz’ingabo zi zaja gufasha iza Congo(FARDC) kurwanya M23.
Aba basirikare bo muri Batayo yo muri Task Force, bamaze umwaka urenga muri Kivu y’Epfo kurwanya i Nyeshamba zirimo n’izirwanya leta y’u Burundi, nka Red Tabara na FNL ndetse n’indi mitwe y’i Nyeshamba y’imbere mugihugu ca RDC. Iyi Batayo ikaba yarashizweho nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Tshisekedi yagiriye m’u Burundi, m’ukwezi kwa Gatanu umwaka wa 2022.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.