I Ngungu ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, biravugwako kumunsi w’ejo ko ntabikorwa byigeze bikorwa muri uwo muhana wa Ngungu , ibi bikaba byari bivuye kurupfu rwumusore wishwe arashwe na Wazalendo azirako ari Umututsi.
Wazalendo n’umutwe ugizwe ahanini nabahoze mu Nyeshamba za Mai Mai na Nyatura, kurubu bakaba bashigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa.
Minembwe Capital News, yabwiwe ko uwo Musore yishwe azira ubwoko bwe Abatutsi, gusa Inkuru dukesha i kinyamakuru Laprunelle CD, kikavuga ko invo yurwo rupfu itaramenyekana.
Abaturage bo murako gace, ubwo baganiraga na Minembwe Capital News, bayibwiye ko nyuma y’urupfu rwuwo Musore aka karere kahise kabamo umutekano muke bituma abaturage bakinga imiryango yamazu birinda gusohoka arinabyo byatumye abacuruzi badacuruza. Abaturage biciwe bo berekeje mu i Kambi yagisirikare murwego rwogusabisha ubutabera.
Umwe murabo baturage yabwiye Minembwe Capital News, ko abagiye mu i Kambi yagisirikare bagiye kubwira inzego zishinzwe umutekano kugirango zifate Wazalendo bashinjwa kwica uwo Musore maze baryozwe ibyo bakoze, ngo mugihe Wazalendo badahanirwa ibyo bakoze banyirikwicwa binjire murugamba rwokwihorera!
Byanavuzwe ko ingabo za RDC zarashe amasasu menshi yaragamije gucecekesha abaturage ubwo bashakaga kunvikanisha amajwi yabo yogutaka kubwakarengane barigukorerwa na Wazalendo.
Twabibutsa ko Abaturage ba Batutsi bo Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ahanini mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo na Kivu y’Amajyaruguru bakomeje kw’icwa mubihe byinshi bazira ubwoko bwabo Abatutsi. Ibi byabaye mu Minembwe, Masisi nahandi gusa nubwo Abatutsi bakomeza kubyerekana ariko kugeza ubu amahanga ntarumva akarengane kabo nkuko abo baturage babyivugira.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.