Umuririmbyi w’umunyamulenge M7 Ndondo, wamaye mundirimbo za gakondo y’i Mulenge abafitiye, igitaramo kizabera i Nairobi homuri Kenya tariki 29/07/2023.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 23/07/2023, saa 10:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ni kuruyu wa Gatandatu, tariki 29/07/2023, umuhanzi w’umunyamulenge wamamaye mundirimbo za gakondo y’i Mulenge, Museveni Ndondo, uzwi kw’izina rya “M7 Ndondo,” azaba ari i Nairobi homugihugu ca Republika ya Kenya. Akazaba agiye gutaramira nogususurutsa abahaturiye mundirimbo ze zibihangano zikoze mundirimbo za gakondo y’i Mulenge.
Uyu muhanzi utuye muri leta Zunze Ubumwe Z’Amerika, mugitaramo agiye gutaramira i Nairobi azaba afatanije na Adonis Muco, Rusaku na Nyamujereti, basanzwe bakorera akazi kabo muri Kenya aho bakina Filim zirimo umuco w’iki Nyamulenge. Muriki gitaramo kandi bazakibanamo numuhanzi Mand Boy.
Umuhanzi mundirimbo za gakondo y’i Mulenge, Museveni Ndondo, yatangiye umuzika hagati mumwaka wa 2008 na 2009, ubwo yaragituye Nairobi aho yatangiriye kundirimbo yahaye izina ngo “Nabonye umwanzi y’ica umwana.”
Ati: “Benewacu Abanyamulenge, bari mukuja mu Mahanga bakigana imico yabandi ugasanga imico ya Kinyamulenge irimo kwibagirana. Ibi byabaye muruby’iruko ndetse no mubakuze. Aha rero nabonye ko ngomba gufata umukingi kugira turengere umuco wa Kinyamulenge.”
Yakomeje avuga ko mubindi byatumye yinjira mumuzika harimo nibibazo yagiye abona agituye i Mulenge.
Uyu Muririmbyi ukunzwe cane kubakunda umuziki wa Kinyamulenge ndetse nabakunda umuco w’iki Nyamulenge, yavukiye i Mulenge mugace ka Rurambo homuri teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.