I mirwano ikaze hagati ya M23 n’imitwe y’itwaje Imbunda ikorana byahafi N’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo mugace ka irimo kubera mubice bya Gatale.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Kw’itariki 19/07/2023, Saa 10:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa Gatatu, hazindukiye imirwano ikaze mugace ka Gatale homuri teritware ya Masisi, Muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
N’i mirwano yatangiye igihe cisaha icumi numwe(11h15) za mugatondo kare ko kuruyu wa Gatatu. Iyi mirwano ikaba irimo guhuza inyeshamba zomumutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Kinshasa.
Mumakuru dufite yizewe kuri Minembwe Capital News, nuko muriyi mirwano irimo kubera mugace ka Gatale, inyeshamba zomumutwe wa M23 zamaze kwigarurira utundi duce twomuriyo Groupement ya kagace. Gusa M23 ikaba yarifite ibindi bice igenzura bibarigwa muri Butale nka : ” Ikigo cya Butale, Murambi, Kavumu, Khakale ndetse n’a Lufulandi.”
Iyi mirwano ibaye mugihe hari hamaze iminsi ibiri ntarusaku rwimbunda zivugiye muribyo bice. Ariko nko mubice b’iherereye muri teritware ya Rutsuro hakaba harihagize igihe habera imirwano ikaze hagati ya Wazalendo n’a M23 iyi mirwano ikaba inavugwamo ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARDC.
Tutibagiwe ko hamaze igihe hatangwa amakuru kubinyamakuru bya RDC ko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo zifatanije n’a FDLR koboba bari mumyiteguro ikaze yokugaba ibitero simusiga mubirindiro bya M23. Ariko kandi uyumutwe wamaze kuryamira amajanja witeguye bihagije.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.