Inka za Batutsi z’irenga 100 zanyazwe n’inyeshamba zomumutwe wa APCLS, bazinyagiye mugace ka Katuunda homuri Masisi.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 14/07/2023, saa 12:10pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ubusho bw’inka zitanga amata. Inka za Batutsi z’irenga ijana (100) muri teritware ya Masisi zanyazwe n’inyeshamba zomumutwe wa APCLS.
Iz’inka zanyazwe kumunsi w’ejo hashize tariki ya 13/07, bikavugwa ko iz’inka zirenga 100 zariza Baturage bomugace ka Katuunda, homuri Secteur ya Osso Banyungu, muri teritware ya Masisi muntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko abo bagizi ba nabi bakoze iki gikorwa mu masaha y’igicamunsi nyuma ya saa sita ubwo bari bagiye kwi rondo mugace bita Nyamaboko, homu buyobozi bwa Bahunde Secteur ya Katoyi.
Andi makuru avuga ko abarwanyi ba APCLS bashinja abaturage bo muri iyo midugudu kuba bafatanije nimitwe yitwaje intwaro muribyo bice.
By’umwihariko aka gace gakunze kubamo Abarwanyi bo mumutwe wa PARECO aho byavuzwe ko hayobowe na Sendugu Museveni ndetse n’umutwe w’iyita Kifuafua uyobowe na ba General babiri biyita Maachano na Birikoriko.
Perezida w’urubyiruko rwa Lwambo Mufuni, yavuze ko bigoye kwemeza cyangwa guhakana kw’izo nka zanyazwe n’inyeshamba zomumutwe wa APCLS. Ibi yabikoze murwego rwokwishakira umutekano.
Maze asezeranya ko azakomeza iperereza mbere yo gutanga ayamakuru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Bananirirwa kurwana bakarwana n’inka nimbwa gusa