Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuruyu wa Gatatu w’ejo hashize, yageze i Kinshasa aho ari muruzinduko rwakazi.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Kw’itariki 06/07/2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kumugoroba wokuri uyu wagatatu, w’ejo hashize mwiki Cyumweru, Perezida Cyril Ramaphosa, wa Afrika y’Epfo yageze i Kinshasa kumurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo. Akaba aje muruzinduko rwakazi bikaba biteganijwe ko muri uru rugendo azahamara iminsi ibiri(2), akazaganira ninzego ninshi zomubutehetsi bw’iki gihugu.
Nkuko tubikesha inyandiko yibiro byuyu mukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, babinyujije kuri Twitter, uru ruzinduko hagati yaba Perezida bombi Félix Tshisekedi na Cyril Ramaphosa, ibiganiro byabo bizibanda ku bufatanye bw’ubukungu hagati ya Republika ya democrasi ya Congo na Afrika y’Epfo.
Biteganijwe ko kandi haza gushyirwaho umukono ku masezerano bari buze gusezerana yerekeye inyungu zibihugu byombi.
Aba bakuru b’ibihugu byombi kandi, nkuko biteganijwe kuruyu wa Kane, baraza kwerekeza kungolo yumukuru w’igihugu (Palais de la Nation) hanyuma baraza kuyobora inama ya komisiyo ihuriweho n’a Republika ya democrasi ya Congo hamwe n’a Afrika y’Epfo.
Ibi biraza kuba habanjye kuba ihuriro ryibiganiro bijanye nu bukungu kubihugu byombi nkuko tubikesha ibiro bikuru bya Perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya democrasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.