Minisitiri Me Albert Labani Msambya kugicamunsi cyokuruyu wambere, yageze i Baraka, aho yari muruzinduko rwakazi.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 04/07/2023, saa 5:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mumujyi wa Baraka homuri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu Yamajy’Epfo, minisitiri wumutekano wa Province ya Kivu yamajy’Epfo bwana Me Albert Msambya, yari muruzinduko rwakazi mugace ka Baraka.
Mumakuru dukesha abari i Baraka nuko uyu munyacyubahiro yakiriwe neza n’umuyobozi w’umujyi wa Baraka, Madamu Emerite Tabisha Mongelwa.
Nyuma yoguhabwa icyubahiro, bwana Ministre Albert, yabwiye abaturiye Baraka ko aje kubegereza ubuyobozi maze aza nogushimira Perezida wa Repubulika, Umukuru w’igihugu, Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo kubera ibikorwa ngobyiza akomeje gukorera abaturage ba RDC bikomeje kubageza kumajyambere.
Minisitiri Me Albert yongeye gushimira Guverineri w’intara ya Kivu yamajy’Epfo, bwana Théo Ngwabidje Kasi kubera ikizere yagiriwe n’abenegihugu ba Fizi; yashimiye kandi abanywanyi bumugambwe uri kubutegetsi UDPS ndetse ashimira nabaturage bose baje kumwakira.
Yagize ati : “Naje i Baraka mu butumwa bwakazi nkora ikindi nuko naje gukorana na komiseri mukuru w’umuryango w’abibumbye ushinzwe impunzi muraka gace, kandi ndashaka nogusuzuma uko umutekano wifashe mu nkambi y’impunzi ya Lusenda na Mulongwe. Ariko kandi muruzinduko turakora kugirango dutange raporo mubategetsi bohejuru.”
Mugihe yarimo atanga ijambo kumbaga yabantu nyamwinshi bari bitabiriye, uyu muyobozi wo mwishaka riri kubutegetsi yasabye abaturage ba Baraka ndetse nomuri Fizi yose gushyigikira icyerekezo cy’umukuru w’igihugu na guverineri w’intara ndetse nokuzamuha amajwi mumatora ateganijwe kuba mumpera z’umwaka wa 2023.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.