Icyegeranyo gisha cya Loni, cyahishuye abasirikare bakuru mungabo za FARDC bakorana byahafi nabarwanyi ba FDLR.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 19.06.2023, saa 5:17pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Impuguke za Loni, zasohoye icegeranyo gisha kivuga kungabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo(Fardc), zikorana byahafi numutwe w’itera bwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda.
Nicegeranyo kirimo n’a liste yamazina ya basirikare ba kuru kurwego rwa General, bomungabo za RDC. Aba ngobakaba bafite imikoranire idasanzwe n’umutwe wa FDLR.
Kuruyu mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 18/06/2023, ni bwo izi mpuguke za Loni, zasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu burasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, nyuma y’indi raporo iheruka gusohoka mu mwaka ushize wa 2022.
Imyanzuro ya nyuma y’iyi raporo, dusanga urubuga Africa Intelligence rwamaze kubona kopi, ivuga ko hagati yukwezi kwa cuminumwe umwaka wa 2022 ndetse nomukwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2023, Ingabo za Congo Kinshasa zakomeje ubufatanye na FDLR mu ntambara impande zombi zimaze igihe zihanganyemo n’umutwe wa M23.
Mu basirikare bakuru mu ngabo za Congo Kinshasa impuguke za Loni zagaragagaje ko agirana imibanire yahafi na FDLR, harimo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Congo, Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa.
Izi mpuguke kandi zashyize mu majwi Lt Gen Franck Ntumba usanzwe ari umujyanama wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi mu bya gisirikare.
Leta y’u Rwanda ishinja iya Congo gukorana na FDLR mu mugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
Kinshasa ku rundi ruhande ishinja u Rwanda guha ubufasha umutwe wa M23 batavuga rumwe.
Raporo ya ziriya mpuguke ivuga ko u Rwanda rwohereje Ingabo muri Congo mu rwego rwo kugerageza kwivuna abarimo Colonel Ruvugayimikore Protogène alias “Ruhinda” na Gen Pacifique Ntawunguka ’Omega’ bayoboye Igisirikare cya FDLR.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
okay aha ni sawa kbs biraje byose bimenyekane neza