Byibuze infungwa zigera kuri 26 zimaze kwicwa ninzara nokutitabwaho muri Gereza nkuru ya Masisi.
Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 10.06.2023, saa 7:25am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Sosiyete sivile ya Masisi mu m’Ajyaruguru ya Kivu itangaza ko kuva Mukwezi kwambere uyumwaka wa 2023, ko byibuze imfungwa zigera kuri 26 zapfuye biturutse ku kubura ibiryo, ubuvuzi ndetse n’ibindi bikenewe.
Ibi nibyatangajwe kuruyu wa gatanu, tariki ya 9.06.2023. Bivugwa ko Imfungwa ijana(100), muriyi Gereza zibayeho mubuzima bubi akaba arabatagira kirebwa ngobitabweho nababo nimugihe ibiribwa bitangwa n’a leta y’Ikinshasa bibageraho bitinze, ariko kandi hakaba harizindi nfungwa zigerageza kwirisha.
Sosiyete sivile irababazwa kandi no guhagarika ibikorwa by’inkiko z’iburanisha abejejwe ngobatahe n’iza gisirikare nyuma y’umutekano ko warumaze kuboneka i Masisi.
Nibura abantu 107 bafunzwe, harimo n’abakatiwe, bari muri iyi gereza nkuru ya Masisi. Abenshi muri aba bafunzwe ntibashobora kwirwanaho ngobarishwe nimiryango yabo nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru rusange wa sosiyete sivile ya Masisi.
Usibye imibereho igoye y’infungwa, sosiyete sivile ya Masisi ibabazwa no kudakurikirana amadosiye y’abafunzwe n’iburanisha kugira ngo bakosore amadosiye yabo cyangwa ngo bafunge iyi nzu ya gereza.
Ati: “Abagororwa bapfa bazize inzara no kutitabwaho mu gihe guverinoma ya Congo ibagenera amafaranga ahwanye na miliyoni 9 z’amafaranga y’Abanyekongo buri gihembwe muri iyi gereza ya Masisi.”
Nyuma y’ibitero byagabwe n’inyeshamba i Masisi, byatumye abacamanza bose n’abashinzwe ubutabera bahunga centre ya Masisi bakaba barahungiye i Goma. Ibi bikaba biri mumbogamizi zituma abanyororo bataburanishwa ngwabejejwe batahe kugira ngubwiyongere b’winfungwa bugabanuke hubwo bukomeza kwiyongera.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.