Ibi bera mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bibaza buriwese ubikurikiranira hafi.
Ni mu gihe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, herekanwe video igaragaza Abanyekongo barimo kubaga umuntu, barangije inyama ze, bakazishira ku mishito, nka benda kugurisha.
Bya bereye hafi ya Quartier Lac Vert, iri mu marembo y’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Video ire rekana abagwiriyemo urubyiruko bari mu myigaragabyo, ubwo bari bageze mu gace ka Lac Vert, bahafatira Umzalendo bamwambura imyenda ba mubaga abona ari nako, ubagwa yavuzaga induru, uko babaga niko bafataga inyama bakazishira ku mishito, uwarimo ubaga yabazaga abari ba muzengutse ko hari ugura.
Yagiraga ati: “Ni nde ugura, n’inde ushaka kugura inyama ziri kubeyi rike?”
Wabonaga urimo kubaga azegerutswe n’abarimo abakobwa, abana bato ndetse n’abakuze.
Ubutumwa MCN yahawe na Fidel, uherereye i Goma, buvuga ko “ahagana mu masaha y’ijoro, Wazalendo bishe barashe impunzi, icyumbikiwe Mugunga, bikaba biri mu byatumye impunzi zizindukira mu myigaragabyo yabereye muri Quartier ya Mugunga na Lac Vert.
Iy’i myigaragabyo impunzi za yiciyemo abantu babiri barimo umusirikare wa FARDC, n’uyu mzalendo wishwe urupfu rubabaje.
MCN.