Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ni Umusirikare ufite amateka y’ihariye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Bikaba bizwi ko bwana Major Gen Dyakopu, yayoboye FIB, kuva mu muntangiriro z’u mwaka wa 2020 kugeza mu mwaka w’ 2021. Muri bimwe Major Gen Dyakopu yakoze harimo ko yahanganye cyane n’u mutwe w’iterabwoba wa ADF Naru, urwanya ubutegetsi bwa Kampala, uy’u mutwe wa ADF Naru, wakoze iyo bwabaga muricyo gihe ugaba ibitero k’u Ngabo za MONUSCO, ahanini mu Bice bya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, uriya muyobozi agerageza kuzihasha.
Bwana Major Gen Monwabisi Dyakopu, azwi kandi ko yigeze kuyobora Ingabo z’Afrika y’Epfo zo muri Batayo ya 8 zari zaroherejwe muri Ethiopian, ahagana mu mwaka w’2009 ndetse ko yigeze no kuyobora izari zaroherejwe muri Eritrea, kugarukana amahoro.
Major Gen Monwabisi Dyakopu, ni umugabo uri myaka 55 y’amavuko.
Kuri ubu aharejo, tariki ya 04/01/2024, SADC, yashize itangazo hanze rimenyesha ko Major Gen Dyakopu, ariwe uzayobora Ingabo za SADC, ziri mu Burasirazuba bwa RDC aho zije kurwanya no guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.
Ingabo za SADC, z’ibarizwa k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, zavuye mu Gihugu ca Tanzania, Malawi na Afrika y’Epfo, arinacyo gihugu bwana Major Gen Dyakopu, avukamo.
Gusa Corneille Nangaa, uheruka gutangaza umutwe wa Alliance Fleuve Congo, ya buriye Ingabo za SADC ko ntanakimwe zizabuza kuko byanze bikunze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bugiye gushirwaho akodomo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.