Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, burashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi n’ishimutwa bikorerwa Abanyamulenge mu bice byo ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Leta ya Perezida Félix Tshisekedi, ikoresheje ingabo za RDC, muri regima ya 3304, iba i Luvungi, homuri teritwari ya Uvira, bivugwa ko banyura muri Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Lamu, ba kica Abanyamulenge no kubashimuta.
Ibi bigize igihe bikorwa ariko nyuma y’Ijambo rya Félix Tshisekedi, ryo kw’itariki 09/12/2023, ubwo yageraga i Makobola na Uvira, ari mu gikorwa cyo kw’iyamamaza, yabwiye abaturage ati: “Tugiye kumaraho abanzi b’igihugu n’abagisahura.” Bya vuzwe ko yaciye amarenga ariko yaravuze ko leta ye igiye kumaraho abo mu bwoko bw’Abatutsi.
Mw’ijoro ryakeye ryo kw’itariki 19/12/2023, rishira kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, ku Bwegera haraye hiciwe umusore w’u Munyamulenge, uri mu kigero cy’imyaka 27 y’amavuko witwa Bienfait Bisetsa, mugihe nyina umubyara, uzwi kw’izina rya Nyasine we yashimuswe aho bamushimutanye n’umukozi we wo murugo, uzwi kw’izina rya Patrick.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko abarinyuma y’ubwo bwicanyi ari Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Lamu.
Colonel Lamu, aheruka guhabwa imyambaro ya FARDC ayihawe n’ingabo za RDC zomuri regima ya 3304, nyuma yokwambikwa iriya myambaro, FARDC yamuhaye uburenganzira bwo kugenzura umutekano wose wa Bwegera. Ibi byatumye ahamagara Maï Maï zabaga mw’Ishamba kuri ubu izo Maï Maï nizo zireba Bwegera arinaho haraye hiciwe Abanyamulenge abandi barashimutwa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.