Havuzwe impamvu, ituma Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zita zoherezwa mu Burasirazubwa bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.
Byatangajwe bwambere n’u mudiplomate w’Igihugu cya Afrika y’Epfo, mu muryango w’Abibumbye. N’imukiganiro uriya mudiplomate yakoranye n’ikinyamakuru “LalibreAfrique, yagize ati: “Ingabo za SADC, nta bwo zi zaja muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Impamvu n’uko leta ya Kinshasa yanze kwishura ibisabwa, buri igihugu kiri muri uy’u muryango cyishura miliyoni 10 z’amadolari, k’umwaka, rero uriya mwenda RDC ifitiye SADC, n’ikibazo cyayibereye imbogamizi.”
Uy’u mudiplomate yakomeje avuga ati: “Ibihugu byinshi mu muryango wa SADC kuri uyu munsi bifata perezida Félix Tshisekedi, nk’u mwanzi wa karere kuko yagaragaye nk’umuntu uhungabanya umutekano, no kwishongora ku bihugu by’abaturanyi.”
“Yego ibihugu byo muri SADC, byabanye neza n’uwahoze ari perezida Joseph Kabila, ariko kuri Tshisekedi siko biri.”
Uyu mudiplomate yageze naho atanga ingero z’umubano uko uhagaze hagati ya Tshisekedi n’abandi bayobozi b’ibihugu byo mu muryango wa SADC, yagize ati: “Nk’ubu Angola yo yitaje Kinshasa, kubera ko ifatwa nk’u muhuza wa makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Zimbabwe yo yamaze kwitaza cyane Tshisekedi kuberako u Rwanda na Perezida wa Zimbabwe ba banye neza mugihe Mozambike yo ifitanye amasezerano akomeye n’Igisirikare cya leta ya Kigali kubera Intarambara yo kumara ibyihebe mu Ntara Cabo Delgado.”
Mu kwezi dusoje kwa Cumi numwe (11), perezida w’i Gihugu ca Namibia, yatangaje ko Ingabo z’igihugu cye zitazaja mu Burasirazuba bwa RDC. Gusa avuga ko igihugu cye kizakomeza kubana na SADC, mugutera inkunga Ingabo zi zoherezwa muri RDC.
Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwagiye bugaragaza cyane ko bwiteguye ziriya Ngabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, aho ndetse bagiye ba byigamba ko biteguye ingabo zizahasha umutwe w’inyeshamba wa M23. Ibi byagiye bivugwa n’abategetsi benshi ba Kinshasa harimo Patrick Muyaya na Christophe Lutundula, minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.