Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo ( SADC), zatangiye kohereza ibikoresho muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bizabafasha guhangana n’u mutwe w’inyeshamba wa M23.
Nk’uko byatangajwe bwambere n’ikinyamakuru cyandikirwa Uganda Chimpreports, kivuga ko ibikoresho by’agisirikare byaziriya Ngabo z’uriya muryango wa SADC ko byamaze kugera k’ubutaka bwa RDC aho ndetse muriki Cyumweru dutangiye ngo n’ingabo ubwazo bidahindutse ngo zatangira kugera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ibi bibaye mugihe leta ya perezida Félix Tshisekedi imenyeshejeko itagikeneye ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF) izo ishinja ko zananiwe kugarura umutekano M’uburasirazuba bw’iki gihugu.
Singabo z’Afrika y’iburasirazuba gusa leta ya Kinshasa ivuga ko itagikeneye k’ubutaka bwabo kuko nikenshi abategetsi bo muri RDC batandukanye bagiye bumvikana banenga n’ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).
I Nama y’ubushize igira iya 23 y’u muryango w’ibihugu by’Afrika y’iburasizuba (EAC), ubwo bahuriraga i Arusha muri Tanzania, byavuzwe ko hatafashwe u mwanzuro uhamye wo kugenda kw’ingabo z’uyu muryango wa EAC ziva k’ubutaka bwa RDC. Gusa bemezanije ko ziriya Ngabo za EACRF ziva muri RDC bikaba byari biteganijwe ko zizava muri RDC tariki ya 8/12/2023, mu myanzuro y’i Nama iheruka i Luanda yahuje u muryango w’Afrika yamajy’Epfo SADC niya Afrika y’iburasizuba (EAC).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.