Ibi ba byemezanijeho ubwo bari mu biganiro i Pretoria, muri Afrika y’Epfo. Byavuzwe ko bagezeyo mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo dusoza. Nk’uko byemejwe na Matata Ponyo, ubwo yaganira na Radio Okapi, aho yanemeje ko ririya huriro rigamije kuzahitamo umu kandida umwe akaba ariwe uzahangana na perezida Félix Tshisekedi ndetse n’abandi bakandida 21.
Sibyo byonyine bariya batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, bemezanije kuko ba boneyeyo nogukora icyo bise Dokima(document), irimo ibyo biyemeje gukorera hamwe mw’izina rya ba batumye ndetse bashiraho n’ingingo zi zabagenga mu gihe bazaba bari gutora umu kandida umwe wo muribo uzahatana mu matora, ateganijwe kuba tariki 20/11/2023.
Iyo Dokima ( document), ikaba yarashizweho umukono na Olivier Kamitatu, wa ruhagarariye Moïse Katumbi, Jean pierre Muongo, wa ruhagarariye Denis Mukwege na Franklin Tshiamala waruhagarariye Matata Ponyo naho abari bahagarariye Martin Fayulu ntibigeze ba sinya kuri document ahobwo ibo bakomeje ba vuga kukibazo cy’uko amatora arigutegurwa nabi ndetse arintanamuco ugaragara murayamatora.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Akavuyo ka ba congomani uku bazakura ryari ?nibave mu matiku batore Katumbi Nawe agerageze turebe ko Nawe yagira icyo ahindura