U mutwe wa M23, werekanye imbunda ninshi wambuye ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Iz’imbunda nizo zafashaga iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.
Umuvugizi wa M23 mubyapolitike, Lawrence Kanyuka, yatangaje ibi akoresheje urubuga rwa X, rwahoze ari Twitter, yagize ati: “DRC_UN, izi n’imbunda n’amasasu menshi byafatanwe ingabo z’irwanirira guverinoma ya Kinshasa (FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo n’ingabo za BURUNDI).” Lawrence Kanyuka, yemeje ko abasirikare b’u Burundi ba barizwa mungabo za EACRF ko nabo bafatanyije na Wazalendo kurwanya M23.
Amakuru kandi yokuriki Cyumweru, tariki 22/10/2023, avuga ko M23 yambuye FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo na Barundi, ibindi bice nyuma ya Kitshanga, aho byemejwe ko bafashe Kinyandoni n’ibindi bice biri muri Groupement ya Tongo na Busanza.
ntambara yo M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, ihuza M23 na FARDC y’ubuye mu mumpera z’umwaka wa 2021. Imyaka ikaba igiye kuba ibiri(2) barimo guhangana. Gusa iy’intambara yongeye guhindura isura mu mpera z’uku kwezi kwa Cyenda n’inyuma yuko hari hashize amezi atandatu(6) hataba guhangana murwego rwokubahiriza amasezerano ya Luanda na Nairobi.
Kumunsi w’ejo hashize tariki 21/10/2023, M23 y’igaruriye Kitshanga, u Mujyi w’ingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, dore ko ari u Mujyi usanzwe ari uw’ubucuruzi ndetse ukaba usanzwe uhuza i mihanda myinshi harimo n’uhuza Goma n’ibindi bice byomuriy’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.