Kuri uyu wa Kane(4), tariki 12/10/2023, abarwanyi bo mw’ihuriro rya Wazalendo bava mu mutwe wa UFDPC(Union Des Forces Patriotes Congolais), batangaje ko M23 yamaze kuva k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC). Bizwi ko aba barwanyi bakomoka muri teritware ya Nyiragongo, teritware iri mubirometre bike n’u Mujyi wa Goma aba barwanyi bavutse vuba.
Mumpera z’ukwezi kwa Cyenda (9) aba barwanyi n’ibwo batangaje ivuka ry’uyu mutwe aho bahise banatangaza ko biteguye gufatikanya n’ingabo za RDC (FARDC) kurwanya M23. Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira yizewe avuga ko aba barwanyi bari muduce tutarenze dutatu(3) two muri Bukuma homuri Nyiragongo.
Ubwo bari mukirori b’umvikanye bavuga ko M23 yavuye kubutaka bwa RDC ariko amakuru y’ukuri n’uko M23 itari kure ya Bukuma, nk’uko tubikesha abari muri teritware ya Nyiragongo.
Umuvugizi wa ba barwanyi, Germain Cikuru, yagize ati: “Twamaze kwambarira urugamba kandi umuriro twawakije. Twiteguye kugera muduce twose bikekwa ko M23 y’aba yihishemo kugira ngo tubarandure.”
Y’unzemo kandi ati: “Uko M23 bayakijeho umuriro mu mwaka w’2012 na 2013 niko n’ubu turimo kuwatsa icakozeho uyu mwaka w’ 2023 ntituzababarira! Abanyarwanda amahirwe yabo akwiye kurangira.”
Isoko yacu dukesha aya makuru aduhamiriza ko umutwe wa M23 ko ufite igice kinini ca teritware ya Rutsuru mugihe Masisi yo basigariye mugace gato. Aya makuru akomeza avuga ko na Nyiragongo hari aba basirikare ba M23.
Umwe mubaturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ko ingabo za RDC, Wazalendo na FDLR, batari bakwiye kwishimira ko M23 yavuye muri Masisi ko ahubwo bari bakwiye kwitegura intambara irimbere ngo kuko M23 ntiyatsinzwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.