Mwabiteguriwe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ibicye byomuri Plaine dela Ruzizi, homuri Kivu yamajy’Epfo, nibice bituwe namoko atandukanye bafite n’inkomoko z’ibihugu bitandukanye byo mukarere. Hari Abapfulero b’itwa bene Ngomoko na bene Kibeho. Bamwe muraba bafite ama muko mugihugu c’u Rwanda, abandi mugihugu c’u Burundi.
Muraba harimo abitwa Costante gusa y’iyita u Murundi. Constante ari mubateza imivurungano muri Plaine dela Ruzizi, muriri joro ryakeye ari nomubaraye bafunzwe ku Bwegera afungwa n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARDC.
Mumakuru dufite nuko groupe ishigikiye umu Chef witwa Mayeye(Ufite Inkomoko ahitwa i Kibeho), nibo bakomeje guhohotera abandi muribi bice bya Plaine dela Ruzizi.
Hakaba hahanganye abashigikiye Chef Kivuruga nabashigikiye Chef Mayeye. Muraba Mwami Richard Ndabagoyi, byamaze kumenyekana ko ashigikiye Chef Kivuruga ndetse nabarimo ikindi gice cyab’Apfulero kitari gito harimo kandi nab’Anyamulenge n’a Barundi nkuko bikomeza kuvugwa.
Kuruyu munsi barapfa Groupement ya Barundi cangwa iyobowe nu Murundi (bomuri Plaine dela Ruzizi).
Imvo bikaba biva kuribi:
Mwami Richard Ndabagoyi, yaraheruka kubaza Chef w’u Mupfulero Mayeye, aho atanga Rapport maze Mayeye, amusubiza ko ayitanga kwa “Administrateur wa teritware ya Uvira,” Ndabagoyi ahaniho yahise amubaza u wa mwimitse kuba Chef ? n’imugihe yari yarashinzwe ho n’a Mwami Richard Ndabagoyi.
Mwami Richard Ndabagoyi, yaje kwandika Rapport ko amakimbirane ari mubice bya Bwegera ko yatewe n’a Chef Mayeye w’u Mupfulero.
Gusa bikavugwako Chef witwa Mayeye, ko ashigikiwe n’a teritware ya Uvira, n’imugihe muraka karere baheruka gushimuta Abanyamulenge babiri nyuma Ingabo za FARDC bafashe uyu wiyita chef Mayeye baramufunga mugihe batarakora enquête kuriwe nibwo Administrateur wa Uvira yahise atanga itegeko ngo bamurekure iwe namugenzi wiwe bareganwa kuba inyuma yab’Anyamulenge bari bashimuswe, ubwo bahita bafungurwa.
Kuruyu wa Kabiri, abantu batazwi batwitse inzu ya Chef Mayeye . Bukeye insore sore ziganjemo Wazalendo baza gutwika ibiro bya Groupement iyobowe na Chef Kivuruga niho rero hatangiye intambara ikaza kuvamo impfu zabo muri Wazalendo babiri 2 abandi barakomereka.
Kuruyu wa Kane Insore sore zabo mumutwe wa Wazalendo, bazindutse bavuga ko bari burwanye Ingabo za FARDC, Abarundi bomuri Plaine dela Ruzizi ndetse n’a b’Anyamulenge. Kurubu akajagari kakaba kakomeje kuba kenshi muribyo bice nkuko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga.
Mumakuru dufite yizewe nuko Ubu umuhanda wa Bwegera uturutse mumajy’Epfo harafunzwe n’izi Nsore Sore za Wazalendo ndetse kandi bafunze no mumajy’Aruguru yu Muhanda wa Bwegera.
Ibi Ingabo za FARDC zo muribyo bice ntaco barabivugaho baricecekeye nkuko tubikesha umwe mubaturage baturiye akarere ka Plaine dela Ruzizi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.