Uwahoze ari perezida wa Tanzania, Jakaya Kikwete, yagendeye i Nama mugenzi we Tshisekedi ko yareka ingabo za SADEC zikoherezwa M’uburasirazuba bwa RDC.
Uwahoze ari perezida wa Tanzania, Jakaya Kikwete, kuri uyu wa Kabiri, yageze muri Republika ya Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko yari aje kugira i Nama perezida Félix Tshisekedi kubyerekeye ingabo za SADEC.
N’amakuru yemejwe n’umuvugizi wa Leta ya Kinshasa, bwana Patrick Muyaya, aho yagize ati: “Perezida wahoze ayoboye Tanzania, ari M’uruzinduko rwakazi hano mugihugu cacu. Bagiranye ibiganiro kuri uyu wa Kabiri na perezida Félix Tshisekedi kubyerekeye ingabo za SADEC. Ki Kwete aragisha i Nama ko ingabo za SADEC zoherezwa M’uburasirazuba bwa RDC.”
Amakuru akomeza avuga ko aba bayobozi bombi ba bonaniye i Lubumbashi aho perezida Félix Tshisekedi yari M’uruzinduko. Nkuko iyi nkuru ikomeza ibigaragaza nuko uyu wahoze ari umutegetsi ukomeye mugihugu ca Tanzania Jakaya Kikwete yagendeye i Nama Mugenzi we perezida Félix Tshisekedi ko agomba kureka “Ingabo z’umuryango wa SADEC zikaza guhangana n’umutwe w’inyeshamba wa M23.
Byari biteganijwe ko ingabo za SADEC ziza M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mumpera z’uku kwezi kwa Cyenda ariko kugeza ubu zikaba zitarahagera. Umutwe wa M23 umaze umwaka urenga wongeye kubura intambara irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.