Perezida uheruka guhirika ubutegetsi mugihugu ca Gabon, Brice Ngueme, yashize itangazo hanze avuga ko uwo yahiritse ku butegetsi Ali Bongo ko yafunguwe ndetse ko yemerewe kwerekera mugihugu cose ashaka.
Bwana Ali Bongo, yahiritswe n’igisirikare cye tariki 30/08/2023, nimugihe yaramaze gutorerwa indi Manda.
Ali Bongo niwe perezida wa Gatatu wiki gihugu kuko yatorewe kuyobora Gabon mu mwaka wa 2009 kugeza 2023 yaje atsimbuye Ise umubyara Omar Bongo nawe wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka wa 167 kugeza apfuye mu mwaka wa 2009.
Ali Bongo yahoze ari Minisitiri w’ubanye n’amahanga kuva mu mwaka wa 1989 kugeza 1991 mugihe Ise umubyara yari perezida muri Gabon, gusa yagiye ayobora Minisiteri zitandukanye harimo ko yigezeho no kuba Minisitiri w’ingabo muricogihe mu mwaka wa 1999 kugeza mu mwaka wa 2009.
Ali Bongo yavutse tariki i Cyenda zukwezi kwa Kabiri umwaka wa 1959.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.