Mubiganiro bikomeje guhuza Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo na Jakaya Kikwete wigezeho kuba umukuru w’igihugu ca Tanzania ngo bikomeje kunyura uyu Mukuru w’igihugu ca RDC.
Mubyo aba bayobozi bombi barimo kuganira harimo iby’umutekano w’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (Eastern DRC), aho Jakaya Kikwete agendera i Nama perezida Félix Tshisekedi uburyo aka karere ka garukamo amahoro n’umutekano urambye. Jakaya Kikwete yageze kubutaka bwa RDC kuri uyu wa Kabiri, tariki 02/10/2023, bikemezwa ko yahise asanga perezida Félix Tshisekedi aho yari mu r’uzinduko rwakazi i Lubumbashi.
Mu Nama Jakaya Kikwete agira ubutegetsi bwa Kinshasa harimo ko Kinshasa yakwemerera ingabo z’u muryango wa SADEC zikoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kugira ngo zifashe ingabo za RDC guhangana n’inyeshamba za M23.
Uru r’uzinduko rwa Jakaya Kikwete, muri Congo Kinshasa, ruri mubyatunye haba ibihuha byinshi aho bamwe bagaragaza ko Kikwete yafashwe nku muchunguzi wa bakongomani kubijanye n’i Nama aheza ubutegetsi bwa Kinshasa. N’uruzinduko rwavuzwe ko kandi umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi ko rwamunejeje aho binemezwa ko yemereye Kikwete ibyo yamugiyeho i Nama byose.
Kikwete usanzwe ari Perezida w’akanama k’inararibonye k’umuryango wa Afrika y’amajyepfo, SADC, ageze Congo yagerageje no kunga Kabila na Tshisekedi, bari bamaze igihe batavugana, gusa Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya, yatangaje ko ibi atari ukuri.
Muyaya yasobanuriye itangazamakuru ko uruzinduko rwa Kikwete ari ukugira ngo aganire na Tshisekedi ku buryo ingabo z’ibihugu bya SADC zajya mu burasirazuba bwa RDC. Ati: “Kikwete wabaye Perezida wa Tanzania yaje kuganira na Perezida wa Repubulika ku ngabo za SADEC zishobora kuza muri RDC. Ntabwo yaje mu mishyikirano.”
Umuvugizi wa Perezida wa RDC, Tina Salama, yatangaje ko mu 2013, ubwo Kikwete yayoboraga Tanzania, igihugu cye cyohereje abasirikare mu mutwe w’ingabo kabuhariwe zishamikiye kuri MONUSCO, zitsinda umutwe wa M23, kugeza ubwo wasenyutse, abari bawugize bahungira muri Uganda no mu Rwanda.
Yagize ati: “Nka Perezida w’akanama k’inararibonye ka SADC, Perezida w’icyubahiro yakiriwe muri iki gitondo na Perezida Tshisekedi, baganira ku kohereza ingabo za SADC. Birakwiye kwibuka ko Kikwete yari Perezida wa Tanzania mu 2013 ubwo M23 yatsinzwe gisirikare na FARDC na FIB.”
Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, we yatangarije itangaza Makuru ko Tshisekedi, Kikwete na Kabila bahuriye i Lubumbashi, gusa ngo ntacyo bitanga kuko mu 2013 hatandukanye no mu 2023. Ngo igikenewe ni ibiganiro, aho gushoza intambara.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.