Urukiko Mpana byaha Mpuzamahanga rwa ICC rwashizeho impapuro zo guta muri yombi Président w’u Burusiya, Vladimir Putin rumushinja ibyaha byibasiye inyokomuntu muri Ukraine.
Namakuru Minembwe Capital News, ikesha Radio BBC, akaba yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 17.03.2023, kwisaha ya 8:24Pm kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuri uri uyu wa Gatanu, tariki 17.03.2023, Urukiko mpana byaha rwa ICC, rwashize itangazo hanze ko rwamaze gusohora impapuro zo guta muri yombi Président Vladimir Putin w’u Burusiya, ushinjwa ibyaha by’intambara mugihugu ca Ukraine.
Ni ibyaha “CPI” imushinja kugiramo uruhare kuva mumwaka ushize wa 2022, ubwo Ingabo z’igihugu cye zashozaga intambara kugihugu ca Ukraine.
Itangazo ryashishizwe hanze nuru rukiko rivuga riti: “Uyu munsi tariki 17.03. 2023, uru kiko mpana byaha rwa ICC rwasohoye impapuro zo guta muri yombi abantu babiri bakekwaho gukorera ibyaha muri Ukraine: 1. Vladimir Vladimirovich Putin 2. Madamu Maria Alekseyevna Lvova-Belova.”
uruhare mu cyaha cy’intambara cyo kuvana abaturage (abana) no kubatwata mu buryo butemewe n’amategeko nyuma yo kuvanwa mu bice byigaruriwe muri Ukraine bakajyanwa mu Burusiya.”
Alekseyevna ureganwa na Perezida Putin ni Umurusiyakazi usanzwe akuriye Komisiyo ishinzwe uburenganzira bw’abana mu gihugu cye.
Vradimir Putin, Ashinjwa kuba umucurabwenge cangwa se umunyamayeri wo kuvana abana benshi ku butaka bwa Ukraine bakajyanwa mu Burusiya, gusa we ahakana ibyo birego avuga ko ibyo yakoze ari ukurokora abana b’abanya-Ukraine bashoboraga kugirwaho ingaruka n’intambara.
Ariko amakuru dukesha iyi Radio yabafaransa RFI, ivuga ko kugeza ubu ntacyo u Burusiya burabivugaho, iyi Radio yavuze ko “kuruhande rwabegamiye kuri Président Vradimir Putin ntaco baratangaza kubijanye nitangazo rya ICC.”
Kugeza ubu kandi ntibiramenyekana niba President Vladimir Putin azatabwa muri yombi akajya kuburanishirizwa i La Haye mu Buholandi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.