Lieutenant Gisoda Ntumbira, nawe yatorotse igisirikare ca Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC).
Yanditswe na Bruce Bahanda none tariki 15.04.2023, saa 7 :50 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru akomesheje gucicibikana kumbuga nkoranya mbaga Social Media), zabavuka muntara ya Kivu yamajyepho nayundi musirikare uzwiho ubuhanga bwurugamba womungabo za leta ya Kinshasa wongeye kugaya Imikorere y’igisirikare ca FARDC maze y’iyunga na Baturage b’Irwanaho (Twirwaneho) bakorera mumisozi miremire y’Imulenge homuri Minembwe muri Teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajyepho.
Uyumusirikare wongeye gutoroka igisirikare ca Leta ya Kinshasa (FARDC), afite ipeti rya Lieutenant, yakoreraga muri brigade 12ème, ifite icicaro muri Minembwe Centre akaba yarabanjye kubanaho igihe kirere na Colonel Ekyembe muri Mikenke nyuma yuko Ekyembe ava mumisozi miremire y’Imulenge nibwo Lt Gisoda Ntumbira, yoherejwe muri Centre Minembwe aharicicaro ca 12ème brigade.
Lt Gisoda, yatorokanye imbunda yomubwoko bwa AK-47(Kalashnikova), ni Combo ca Gisirikare cangwase Motorola.
Ibi bikaba byatumye uhagarariye ingabo za FARDC Muminembwe atumiza ibyombo byose bakoreshaga kugira babashe guhindura système yumurongo woguhamagara.
Umusirikare watorotse ingabo za Republika ya democrasi ya Congo bwana Lieutenant Gisoda azwiho kumenya kurasa adahusha muntmbara zose yagiye arwana ahatandukanye muntara ya Kivu yamajyepho.
Abasirikare bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bakomeje gucika igisirikare ca Leta ya Kinshasa kumpamvu zimikorere ya Leta ya Kinshasa irimugukoresha inyeshamba zomumutwe wa FDLR na Mai Mai iz’inyeshyamba zikaba zishinjwa kwiba nokwica ab’Atutsi muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo .
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Akoze igikorwa c’Abagabo gusanga abandi
Imana nyiringabo imushigikire muri gahunda yo kwikuraho igisuzuguriro.
Harakabaho Twirwaneho